Itangazo rya cyamunara y’imitungo inyuranye iherereye muri Gasabo na Nyarugenge
Yanditswe: Friday 03, Jul 2020
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko hateganyijwe cyamunara y’imitungo itimukanywa inyuranye ku mataliki akurikira:
Kuwa gatanu taliki 10/7/2020 azagurisha muri cyamunara umutungo uherereye mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Muhima, Akagali ka Iwacu umudugudu wa Tetero ugizwe n’ikibanza kirimo n’inzu
Kuwa gatatu Taliki 15/7/2020 saa yine n’igice za mu gitondo (10h30) hazatezwa mu cyamunara umutungo utimukanwa uherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Jabana, (...)
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko hateganyijwe cyamunara y’imitungo itimukanywa inyuranye ku mataliki akurikira:
Kuwa gatanu taliki 10/7/2020 azagurisha muri cyamunara umutungo uherereye mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Muhima, Akagali ka Iwacu umudugudu wa Tetero ugizwe n’ikibanza kirimo n’inzu
Kuwa gatatu Taliki 15/7/2020 saa yine n’igice za mu gitondo (10h30) hazatezwa mu cyamunara umutungo utimukanwa uherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Jabana, Akagali ka Kidashya Umudugudu w’Agatare
Kuwa gatatu Taliki 15/7/2020 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) hazatezwa mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka buriho n’urutoki
Iyi mitungo izatezwa kugira ngo hashyizwe mu bikorwa umwanzuro w’urubanza aho urukiko rwategetse ko iyi mitungo igurishwa ba nyirayo bakagabana ikivuyemo.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Christophe Dusabe: 0788617268.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *