skol
fortebet

Itangazo rya cyamunara y’imitungo itimukanwa iherereye mu karere ka Kamonyi na Muhanga

Yanditswe: Tuesday 16, Apr 2019

Sponsored Ad

Mu rwego rwo kurangiza urubanza RCOM 00411/2016/TC/Hye rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Huye kuwa 12/1/2017 Sacco Imarabukene Ngamba yatsinzemo Niyodusenga Eliel;
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko hazagurishwa muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Niyodusenga Eliel ku buryo bukurikira:
1. Kuwa kabili taliki 23/4/2019 saa yine za mu gitondo hazagurishwa muri cyamunara inzu ye iri mu Kagali ka Mwulire, Umurenge wa Rukoma Akarere ka Kamonyi
2. Kuwa Gatatu (...)

Sponsored Ad

Mu rwego rwo kurangiza urubanza RCOM 00411/2016/TC/Hye rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Huye kuwa 12/1/2017 Sacco Imarabukene Ngamba yatsinzemo Niyodusenga Eliel;

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko hazagurishwa muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Niyodusenga Eliel ku buryo bukurikira:

1. Kuwa kabili taliki 23/4/2019 saa yine za mu gitondo hazagurishwa muri cyamunara inzu ye iri mu Kagali ka Mwulire, Umurenge wa Rukoma Akarere ka Kamonyi

2. Kuwa Gatatu taliki 24/4/2019 saa tanu z’amanywa hazagurishwa ishyamba rye riri mu Kagali ka Ndago, Umurenge wa Kyumba Akarere ka Muhanga.

Iyi cyamunara itangajwe ku ncuro ya 3 kandi ikazabera aho iyi mitungo iherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788711060.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa