skol
fortebet

Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga

Yanditswe: Tuesday 24, Sep 2019

Sponsored Ad

Kuri iki gihe uko Imijyi igenda yaguka, kandi abantu bahinduranya aho gutura no gukorera ari nako bijyana n’uko banakenera aho gutura no kuba, ikigo Multi Design Group Ltd cyashyizeho urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abafite amazu yo gukodesha ndetse n’abayakeneye batiriwe bakora ingendo ndetse bata umwanya mu gushakisha.
www.mdgrou.com ni urubuga rwamamarizwaho amazu agurishwa n’akodeshwa n’ibibanza, ruhuza aba gura nabagurisha imitungo itimukanwa, yo mubyiciro n’ibiciro (...)

Sponsored Ad

Kuri iki gihe uko Imijyi igenda yaguka, kandi abantu bahinduranya aho gutura no gukorera ari nako bijyana n’uko banakenera aho gutura no kuba, ikigo Multi Design Group Ltd cyashyizeho urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abafite amazu yo gukodesha ndetse n’abayakeneye batiriwe bakora ingendo ndetse bata umwanya mu gushakisha.

www.mdgrou.com ni urubuga rwamamarizwaho amazu agurishwa n’akodeshwa n’ibibanza, ruhuza aba gura nabagurisha imitungo itimukanwa, yo mubyiciro n’ibiciro binyuranye, buriwese mubushobozi bwe abasha kwibonamo. Multi Design Group ltd ikaba itanga na servise zo kugurishiriza amazu nibibanza banyirabyo, ina fasha abashaka gukodesha kubona amazu ajyanye n’ibyifuzo byabo kugiciro cyiza.

Iki kigo cya Multi Design Group Ltd, gifite abakozi batanga serivisi nzinza bakazitanga kinyamwuga kuko ibyo bakora baba barabyigiye kandi barangwa nubunyangamugayo mubyo bakora bikaba biri mubituma iki kigo kigirirwa ikizere nabakigana.

Niba rero ushaka inzu yo guturamo iherereye ahantu heza kuri macye wagana Multi Design Group Ltd ibafitiye inzu nziza zo gukodesha no kugura kugiciro cyiza.

Multi Design Group Ltd ni sosiyete y’ubucuruzi isanzwe itanga serivisi zitandukanye zirimo kugena agaciro k’imitungo, gucunga imitungo itimukanwa, kugurishiriza no gukodeshereza banyirimitungo, kurangira abagura amazu n’ibibanza, guhuza abagura n’abagurisha amazu n’ibibanza gukora no gucunga imishinga n’ibindi.

Muri iki gihe kubona ahantu ukodesha heza kandi hizewe wanabifashijwemo n’abantu bafite uburambe muri ako kazi biguha gukoresha igihe cyawe neza n’ikizere cyo kubona servisi nziza kandi zizewe ukabasha gukodesha cyangwa se kugura utarinze utakaza umwanya munini ndetse n’amafranga mu gushaka inzu ihwanye n’ibyo wifuza.


Multi Design Group ibafitiye amazu meza aherereye mu Rwanda hose yo gukodesha afite ibikoresho byose bikenewe ku bantu bakeneye amazu yaba ayo gukodesha ndetse nayo kugurisha baturamo bisanzwe cyangwa se bakoresha igihe baje mu biruhuko, muri gahunda z’akazi n’ibindi, babonera serivisi nyinshi ku rubuga rwa www.mdgrou.com zihwanye n’ubushobozi bwa buri wese.

Turashimira abamaze kutugirira ikizere tugakorana ari abadusura , abaguzi, abagurisha n’abakodesha amazu n’ibibanza.


Tukaba tunaboneyeho gushishikariza abantu kutugana tugakorana kuko www.mdgrou.com ari isoko rusange ry’amazu ryizewe, rimaze no gukundwa n’abatari bacye, kuko inzu n’ibibanza bigurishirizwaho biba byizewe.

Abandi bantu mwaba mufite amazu n’ibibanza mushaka gukodesha cyangwa kugurisha tubahaye ikaze muze tubagurishirize. Mukwaba mwahamagara kuri telefoni igendanwa numero Tel: 0782456085.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa