skol
fortebet

Politiki

Perezida Ndayishimiye yaretse kwita u Burundi Edeni abwita Kanani

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabwiye Abarundi ko igihugu cyabo kimeze nka kimwe (...)

Papa Francis yatakambiye abayobozi ba G7 kubera ikoranabuhanga rimuhangayikishije

Papa Fransisiko yatakambiye abayobozi ba G7 n’abandi batumirwa babo kwita no gushyira imbere (...)

Cyril Ramaphosa yongeye gutorerwa kuba Perezida wa Africa y’Epfo

Inteko ishinga amategeko ya Afrika y’Epfo yongeye gutora Cyril Ramaphosa nk’umukuru w’igihugu (...)

Perezida Tshisekedi yabyukije gahunda ye yo gutera u Rwanda

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita (...)

RDC: Guverinoma nshya yijeje abaturage umutekano urambye mu kongerera ingengo y’imari igisirikare na Polisi

Minisitiri w’intebe wa DR Congo Judith Suminwa yatangaje ko leta izashyira 20% by’ingengo y’imari (...)

M23 yashyizeho abayobozi ba Diaspora yayo

Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ko bwashyizeho Umuhuzabikorwa uwuhagarariye mu mahanga mu (...)

Israel: Minisitiri Benny Gantz yeguye muri leta iyoboye intambara

Minisitiri Benny Gantz wo muri leta ya Israel iyoboye intambara yeguye muri leta y’ibihe (...)

Perezida Tshisekedi yanze kwitabira inama ya EAC ntiyanagena umuhagararira

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, kuri uyu wa 7 Kamena (...)

Perezida Ndayishimiye yavuze ko ’coup d’etat’ ya 2015 yari umugambi w’Imana

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi, yatangaje ko igeregeza ryo gukuraho uwo yasimbuye,Pierre (...)

Ishyaka rizwi muri RDC ryiyunze ku nyeshyamba za M23

Ishyaka Front Citoyen pour la Dignité du Congo FCDC ryatangaje ko ryahisemo kwiyunga ku ihuriro (...)

U Rwanda rwafunguye ku mugaragaro ambasade yarwo muri Indonesia

U Rwanda rwafunguye ku mugaragaro ambasade yarwo muri Indonesia,igihugu cyo ku mugabane wa (...)

Hamenyekanye impamvu Koreya y’Epfo yatumiye abaperezida 48 ba Afurika

Abategetsi b’i Seoul batangaje ko ibihugu 48 bya Africa byitabiriye ubutumire mu nama ya mbere (...)

Bwa mbere mu mateka Mexico igiye kuyoborwa n’umugore

Madamu Claudia Sheinbaum w’imyaka 61 y’amavuko,niwe watsinze amatora ya Perezida wa Mexico,agize (...)

Perezida Tshisekedi yashyizeho umuyobozi mushya w’ikigo gishinzwe iperereza

Binyuze mu itangazo rya perezida ryasohotse ku wa gatanu,tariki 31 Gicurasi , Félix Tshisekedi (...)

Urukiko rwahamije ibyaha Donald Trump abafana be bakora ibitangaza

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Amerika, yahamijwe ibyaha 34 akurikiranyweho (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 2400