Nubwo mu bigaragara buri muntu wese akwiye kugira vitamine zose mu mubiri ariko ni byiza kumenya buri yose uko ikora, akamaro kayo n’aho wayikura ari nayo mpamvu tugiye kurebera hamwe byinshi kuri vitamin B.
Abanyabwenge ubundi bavuga ko nta kibi nko kubona umugore yarakaye,bakongera bakavuga ko umugore iyo yarakaye aba ameze nk’Intare y’ingore ,Amakosa ni kimwe mu bintu byica umubano w’abakundanye...
Iyo abakundana batumvikana,biba bisa nko kuba mu mwijima,iyo mutumvikana nta na rimwe n’urugo rwanyu ruzagaragaramo amahoro,iki nicyo kibazo cyugarije ingo muri iyi minsi,ari nayo mpamvu Abasomyi...
Polisi ya Uganda ikorera mu karere ka Kanungu irashakisha umukobwa, utatangajwe amazina, ufite imyaka iri munsi ya 20, ukurikiranyweho gutera icyuma umuvandimwe bapfa umukunzi bikamuviramo...