skol
fortebet

Niba igitsina cyawe kinjya gicika intege mu gihe cyo gutera akabariro reba umuti hano

Yanditswe: Monday 24, Apr 2017

Sponsored Ad

skol

Nta kibi nko kuba uri umuhungu ariko mu bijyanye no gufata umurego kw’igitsina ari intambara,iki kikaba ari nacyo kintu cy’ibanze gikunda gusenya ingo z’abashakanye,aho umugore ntacyo adakorera umugabo we ariko kugira ngo igitsina cye kizafate umurego bikaba ari intambara.
Hari n’igihe ugira gifashe umurego ariko watangira gutera akabariro umugore ageze hahandi aryoherwa igitsina cyawe cyikaba cyiraguye,cyangwa ugahita urangiza,bityo hano n’abazaniye zimwe mu nama ushobora gukurikiza neza (...)

Sponsored Ad

Nta kibi nko kuba uri umuhungu ariko mu bijyanye no gufata umurego kw’igitsina ari intambara,iki kikaba ari nacyo kintu cy’ibanze gikunda gusenya ingo z’abashakanye,aho umugore ntacyo adakorera umugabo we ariko kugira ngo igitsina cye kizafate umurego bikaba ari intambara.

Hari n’igihe ugira gifashe umurego ariko watangira gutera akabariro umugore ageze hahandi aryoherwa igitsina cyawe cyikaba cyiraguye,cyangwa ugahita urangiza,bityo hano n’abazaniye zimwe mu nama ushobora gukurikiza neza hanyuma ntutenguhe umugore wawe.

Uburyo twabazaniye ni 4 bushobora gutuma ugira umurava mu gutera akabariro:

1.Gabanya ibisindisha

Niba ushaka ko igitsina cyawe kizajya gifata umurego mu buryo bworoheje ndetse no kuzajya ugira umurava mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina gabanya ibisindisha unywa,bityo menya ko inzoga nyinshi Atari nziza kuri wowe.

2.Jya unywa amazi menshi

Amazi agufasha kugira uburyaryate mu mubiri wawe,Bityo menya ko kunywa amazi menshi bituma igitsina cyawe gikora neza yewe ukagira n’uruhu runyerera ku buryo ugukozeho wese bihita byirukira mu bwonko ,ubwonko nabwo bukohereza ku gitsina cyawe niba hari ikidasanzwe kigiye kuba.

3.Rya ibiribwa bifite intungamubiri

Niba ushaka ko igitsina cyawe gikora neza ndetse ntu kajye unarangiza vuba mu gihe uri gukora imibonano mpuzabitsina ndya ibiribwa bikungahaye ku ntunga mubiri.

4.Imyitozo Ngorora gingo

Imyitozo ngororagingo ituma amaraso atembera neza mu mubiri ndetse ituma n’intanga ziyongera,bityo niba ushaka ko igitsina cyawe kizajya gifata umurego byoroheje,ushaka kongera amasohoro ndetse no kuba umunyamurava mu gutera akabariro jya ukora imyitozo Ngororagingo izabigufashamo byose.

Martin Munezero

Ibitekerezo

  • mwoshobora kumbwira ibiribwa ntungamubiri

    njyewe ikibazo ngira iyo ngiye gutera akabariro ndangiza gusohora ntararangiza carise mungire inama:0725883754

    Biribwa bihe bifite izo ntungamubiri

    Nibihe Biribwa se

    Nibihe Biribwa se

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa