skol
fortebet

Reba imwe mu mitoma 12 isekeje abahungu bakunda kubwira abakobwa

Yanditswe: Saturday 15, Apr 2017

Sponsored Ad

skol

Ubu ni kuwa gatandatu kandi ni nacyo gihe cyo guhura n’inshuti ubundi mugasabana,bityo twahisemo kubazanira imwe mu mitoma isekeje bishoboka ko uyu munsi hataburamo numwe umuhungu ugutereta ashobora kugutera!cyokoza iyi mitoma ntabwo ivugwa n’abahungu bose ahubwo ni bamwe na bamwe,kuko hari n’igihe awubwira umukobwa ubundi akamuseka cyane bitewe nibyo amubwiye ko bidashoboka.
Ariko na none ushobora kuyibwira umukunzi wawe ugira ngo umusetse mu gihe yarakaye cyangwa yababaye,mbese bitewe (...)

Sponsored Ad

Ubu ni kuwa gatandatu kandi ni nacyo gihe cyo guhura n’inshuti ubundi mugasabana,bityo twahisemo kubazanira imwe mu mitoma isekeje bishoboka ko uyu munsi hataburamo numwe umuhungu ugutereta ashobora kugutera!cyokoza iyi mitoma ntabwo ivugwa n’abahungu bose ahubwo ni bamwe na bamwe,kuko hari n’igihe awubwira umukobwa ubundi akamuseka cyane bitewe nibyo amubwiye ko bidashoboka.

Ariko na none ushobora kuyibwira umukunzi wawe ugira ngo umusetse mu gihe yarakaye cyangwa yababaye,mbese bitewe n’ibihe arimo.

Iyi niyo mitoma isekeje ndetse inatangaje ikunzwe kuvugwa n’abahungu:

1.Ni wowe gipesu cy’ishati yajye kuko ari wowe uyifunga

2.umubiri wawe 70% byawo ni amazi najye nkaba inyota

3.Ese uri umunyamaji?kuko buri gihe iyo nkubonye abandi bose mpita mbabura

4.Ni wowe Filimi nshobora guhora ndeba nsubiramo

5.Ese waba uri Facebook!?, kuko nkunda ibyo mbonye byawe byose!

6.Ese izina ryawe ni Google?kuko ufite ibyo nshaka byose

7.Ese wantiza telephone yawe?nabwiye uwahoze ari umukunzi wajye ko nimbona umwiza nzamuhamagara.

8.Jye iyo turi kumwe mba mbona isi yabaye iyacu twembi gusa.

9.Nuba amazi jye nzaba Ifi,kandi nuba nuba igisiga jye nzibera icyare

10.Iyo umuyaga uhushye iteka,impumuro yawe niyo numva yonyine

11.Mu bari beza bo ku isi ni wowe ubahiga

12.Ndi mwiza mu mibare y’Algebre,ariko iyo nkoze Equation ni wowe umbera Y.
Martin Munezero

Ibitekerezo

  • Oherez niyindi myishi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa