skol
fortebet

Umusore yashyize ku isoko mushiki we kubera ko ngo yararambiwe kumubona nta mukunzi afite(AMAFOTO)

Yanditswe: Tuesday 09, May 2017

Sponsored Ad

skol

Umukobwa w’imyaka 27 y’amavuko witwa Sammy Maalen yashyizwe ku isoko na musaza we kubera ko amaze umwaka wose nta mukunzi afite ndetse ko ngo atigeze aba n’umunyamahirwe mugihe yari yakundanye.
Musaza we Kyle w’imyaka 28 y’amavuko,ngo arambiwe mushiki we kuba atabona umugabo umuhamagara,nuko ahitamo gufata icyemezo abicishije kuri eBay yise urukundo rwa mushiki wajye w’imyaka 27 y’amavuko-ku igiciro kingana n’amayero 50.
Kyle na Mushiki we Sammy uri ku isoko
Yagize ati”Icya mbere iri ni itangazo (...)

Sponsored Ad

Umukobwa w’imyaka 27 y’amavuko witwa Sammy Maalen yashyizwe ku isoko na musaza we kubera ko amaze umwaka wose nta mukunzi afite ndetse ko ngo atigeze aba n’umunyamahirwe mugihe yari yakundanye.

Musaza we Kyle w’imyaka 28 y’amavuko,ngo arambiwe mushiki we kuba atabona umugabo umuhamagara,nuko ahitamo gufata icyemezo abicishije kuri eBay yise urukundo rwa mushiki wajye w’imyaka 27 y’amavuko-ku igiciro kingana n’amayero 50.

Kyle na Mushiki we Sammy uri ku isoko

Yagize ati”Icya mbere iri ni itangazo ritarimo imikino,mushiki wanjye afite imyaka 27 y’amavuko ni umwongereza ariko ubu atuye muri Cardiff,afite amaso meza,imisatsi y’umukara,ateye neza ndetse anasa neza,ntabwo ameze nk’inyamaswa ndetse nuwo kwizerwa,nta bana ariko mu bisanzwe akunda abana”.

Akomeza agira ati”Mushiki wanjye na mahirwe agira yo kubona umugabo nyawe,bityo njye n’umuryango wanjye turi gushakisha umuntu w’umusore mwiza kandi ugaragara na neza,w’Igikundiro,wo kwizerwa, ndetse usanzwe umenyereye isi”.

“Ikindi agomba kuba afite akazi,katari kabi,agomba kuba afite imodoka cyangwa indege yo kuzanjya batemberamo”.

Ibitekerezo

  • Ni mu kihe gihugu?

    uyu muhungu namushiki we ni feke.bazasuzume mudafite ibibazo byo mumutwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa