skol
fortebet

Uyu mukobwa w’umunyarwandakazi ukina filime z’ubusambanyi yatanze ubuhamya burambuye bw’uko yabitangiye n’urwego bigezeho mu Rwanda

Yanditswe: Wednesday 14, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Ubu n’ubuhamya bw’umukobwa w’umu Nyarwanda kazi utangaza ko akina filme zurukozasoni kandi mu Rwanda bamaze kuba benshi bazikina aho basigaye bambuka nimbibi z’u rwanda.

Sponsored Ad

Uyu Umukobwa twise Anita yatangiye abwira umunyamakuru uko yinjiye
mu mwuga wo gukina filimi z’ubusambanyi.Yatangiye inkuru y’uko
yageze mu mwuga w’ubusambanyi:

“Narangije amashuri yisumbuye muri
2011, njya gufasha mukuru wange mu
kabari ke kari mu Kajagali, Kanombe.Aho
niho natangiye kujya mpura n’abagabo
baje kunywa nkaryamana nabo mu buryo
bwo gushimisha abakiriya.

Umunsi umwe natunguwe no kubona
umuhungu umwe azanye amafaranga
ibihumbi magana atanu(amanyarwanda)
ansaba ko turyamana akayampa.Sinari
nagatunze amafaranga angana atyo mu
buzima bwange.Naratekereje nti : “ko
ndyamana n’umuhungu w’inshuti yange,
kuki ibi ntabikora? Byongeye umuhungu
w’inshuti yange ntazabimenya.

Twamaze iminsi mike turi inshuti n’uwo
muhungu, ngezaho ndamwizera.Yaje
kunsobanurira neza uburyo abonamo ayo
mafaranga, amaze kubinyumvisha neza
numva nabigerageza.Yaje kunjyana ku
mugore ukuze witwa “Madamu” utuye
Kicukiro, warebanaga igitsure.Madamu
yambajije imyaka mfite mubwira ko mfite
19, ahita ambwira ko ngaragara nk’ukuze
kurusha imyaka mfite.

Yansabye kumubwira inkuru y’imibereho
yange, ariko anavuga ko ndi umukandida
mwiza.Namubwiye ko ababyeyi bange
bombi bitabye Imana.Ambwira ko
ngomba kuguma aho.Nahise mbwira
mukuru wange ko nabonye akazi keza mu
mujyi kandi kampemba amafaranga
menshi.Ariko nanze kumubwira ako kazi
kuko atari kunyemerera.Mukuru wange
yarishimye cyane yumvise ko ngiye
kureka akazi ko mu kabari.

Ubusanzwe abakobwa bafata ni abari
hagati y’imyaka 19 na 22.Nkaba
ntekereza ko kandi abakobwa bose
bazanwa mu buryo
nk’ubwange.Badupimye SIDA , batwigisha
uburyo butandukanye bwo gukora
imibonano mpuzabitsina, banatubwira
kugira isuku.Baduhaye amafaranga tujya
kugura imyenda.Madamu yatangiye kujya
adusohokana, ntekereza ko byari
ukudukundisha ubuzima bwari
budutegereje.

Urugendo rugana Uganda
Mu itsinda nari ndimo twari abakobwa
batanu, buri wese yahawe amafaranga
ibihumbi magana atatu yo kwitegura
urugendo no gushaka impapuro
z’inzira.Twahagurutse I Kigali muri Nzeli
twerekeza Kampala.Byari nka saa kumi
n’imwe za mugitondo , tugerayo saa
munani n’igice z’amanywa.

tugeze Uganda
Tugeza aho tuvira mu modoka,
twahasanze undi mugore mu ivatiri
adutegereje.Batunyuza mu muhanda wa
Bombo uri Kampala.Batujyanye muri
hoteli, tumaze kuruhuka batubwira ko
baraducamo amatsinda abiri.Njye n’undi
mukobwa twajyanywe na Madamu ahitwa
Muyenga, naho abandi batatu bajyanwa
n’undi mugore witwa Nnalongo ahitwa
Bugolobi.

Aho Muyenga hari hameze neza,
tuhasanga abasore batatu banywa
inzoga, nuko Madamu aradusobanura
anadusaba kumenyana nabo ndetse
tukanaruhuka.Madamu yadusize aho
n’abo basore,adusezeranya ko azagaruka
ejo mu gitondo.

Igikorwa cyatangiye saa saba z’ijoro buri
musore ashaka kuryamana na buri wese
muri twe.Twabanje kugira impungenge
ariko twibuka ko Madamu yari yatubwiye
icyo tuje gukora.Muri make byari
Ubusambanyi.

Bagitangira, kamera zatangiye akazi.
Anita yavuze ko bahabwaga amafaranga
ari hagati ya 172,000 mu manyarwanda
na 344,000.Icyakora ngo Madamu nta
mafaranga yabasabaga muri ayo babaga
bahawe.

Isoko ryashinze imizi mu Rwanda
Anita avuga ko iryo soko ryo gukina
porno rikomeye mu Rwanda.Ngo
ubusanzwe abakobwa bazanwa
n’abahungu bitwa “ABAPFUBUZI”
baryamana n’abagore bakuze nka ba
Madamu.

Abo bagore bakuze nibo batuma
abo bosore(ABAPFUBUZI) kubashakira
udukobwa tukiri duto kuko bo baba
bashoboye gutereta utwo dukobwa kandi
banatwisanzuyeho.Anita akomeza avuga
ko nta gahato kaba kari mu babikora
kuko ngo nta we arumva abyitotombera.

Anita avuga ko yagezemo afite imyaka
19, ubu afite 22.Icyakora ngo
ahangayikishijwe n’ubuzima bwe, niba
ataranduye SIDA kuko nubwo babapimye
bajya kwinjira mu mwuga, ngo ntarongera
kwipimisha.Ikindi kandi ngo ntiyizeye
niba ibisubizo babahaye babapima ari
byo.Akaba yarafashe umwanzuro wo
kutagira undi muhungu aryamana na we
uretse abo mu ishyirahamwe.(abo
basanzwe baryamana muri uwo mwuga).

Anita yavuze ko ishyirahamwe ryagutse
kandi rifite amashami menshi muri
kaminuza zo mu Rwanda
Akaba yemeza ko kandi ntawapfa kubacika kuko bahita
bamumenya byoroshye.Impamvu kandi
ngo banga abavamo, nuko baba batinya
ko hagize uvamo yabamenera amabanga.
Anita avuga ko akiri muri uwo mwuga,
icyakora ngo ajya anyuzamo akaza
gusura mukuru we kugirango atagira
impungenge.

Ikindi kandi ngo iryo soko
batangiye kurigeza no mu Burundi nubwo
ho bataragera kure.Uganda ngo niho
bimaze gutera imbere cyane.Hari
n’abakobwa b’abanyarwanda bahitamo
kwigumira muri Uganda kugirango
babone uko bakina filimi neza.

URAMUTSE NAWE UFITE UBUHAMYA USHAKA KO TUGUTAMBUKIRIZA WATWANDIKIRA KUTI IYI E-MAIL [email protected]’.

Ibitekerezo

  • ndizerako RIB yaritaye mugutwi nawe wanditse iyi nkuru urarye uri menjye

    ... Aho niho natangiye kujya mpura n’abagabo baje kunywa nkaryamana nabo mu buryobwo gushimisha abakiriya... “ko ndyamana n’umuhungu w’inshuti yange,kuki ibi ntabikora? Byongeye umuhungu w’inshuti yange ntazabimenya!...

    nange nshaka gukina prn ndabikunda

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa