Opinion
Ibirayi bizacika mu Kinigi, Inka z’Amahembe bahura zicike mu Mutara! Nyuma yaho se?
Yanditswe: Saturday 30, Sep 2023
Ibirayi byo mu Kinigi turi kurya bishobora kuba ari ibya nyuma! Mu kinigi bizahacika habere ibindi! Niba hari utumasa tw’inka z’amahembe ufite mu Mutara ni utwa nyuma! Mu Mutara inka z’amahembe zizahacika habere ibindi! Ariko se, Ibirayi byo mu Kinigi bizasimbuzwa iki? Inka zo mu Mutara zizasimbizwa iki? Abari bafite inyungu muri ubu bukire ko banakomeye bizagororoka? Iri ntiryaba ari irindi korosi nyuma y’iry’Ibikingi ryo mu myaka ishize? Hakorwa iki? Tubane mu kiganiro
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *