skol
fortebet

Umwana w’ imyaka 13 ngo atwite inda ya musaza we

Yanditswe: Sunday 14, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Umukobwa w’ imyaka 13 yatangaje ko atwite inda yatewe na musawa we w’ imyaka 17. Ngo batangiye gukora ingeso mbi z’ ubusambanyi uyu mukobwa afite imyaka 7.

Sponsored Ad

Uyu mwana w’ umukobwa yanditse asaba kugirwa inama. Mu ibaruwa ye yasabye ko amazina ye adatangazwa, anasaba ko abasomyi birinda kumubwira amagambo akomeretsa cyangwa kumutuka.

Navutse mu muryango ukize urantetesha ukampa icyo nshaka cyose. Byose byatangiye mfite imyaka 7, ndabyibuka neza nk’ ibyabaye ejo. Nari ndamye mu cyumba kimwe n’ ababyeyi banjye, barimo gukora urukundo, mbabaza ibyo barimo gukora ibyo ari byo babwira ko barimo kunshakira musaza wanjye. Batitaye ku kuba ndimo kubareba barakomeje bakora ibyo bakora.

Kuva uwo munsi natangiye kugira amatsiko yo gukora ibyo nabonye ababyeyi banjye bakora. Bukeye bwaho hari ku wa Gatandatu, Papa na mama bazinduka bajya gusenga njye n’ umukozi na musaza wanjye. Umukozi ajya guhaha adusiga mu twicaye muri salo uwo munsi nibwo njye na musaza wanjye twasambanye bwa mbere.

Buri uko tubishatse tukabikora kugeza ngize imyaka 12 njya mu mihango bwa mbere. Ibyabaye byose nabihishe ababyeyi banjye ariko bigeze aho ntagishoboye ku bihisha kuko twite inda y’ amezi ane. Mfite imyaka 13 musaza wanjye afite imyaka 17.

Nabuze aho mpera mbibwira ababyeyi banjye. Musaza wanjye nawe ntabwo azi ko ntwite umwana we. Buri gihe mporana umunaniro udashira, mfite ibimenyetso byose by’ umugore utwite. Ntekereza ko kwiriye kuva mu rugo nkazahagaruka narabyaye ariko byacanze.

Papa tubimutwiye yatumanika. Mama we si uko yamera mubwiye ukuri. Nimugire inama ndabinginze email yanjye ni e-mail [email protected].

Ibitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa