skol
fortebet

Ubuzima

Nyamasheke: Abanyeshuli 2 bivugwa ko baguye mu mpanuka y’Imodoka yari ibavanye ku ishuri

Ahitwa Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habereye impanuka ya bisi (...)

U Rwanda ruzakingira ’Mpox’ niba itsinda ryiga uko byakorwa ribihaye umugisha

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hari itsinda ryashyizweho riri gusuzuma uburyo ibikorwa byo (...)

Niba utagira umuco wo guhoberana waracikanwe

Guhoberana ni umuco usanga mu bihugu byinshi ku Isi, bigakunda gukorwa mu byishimo n’akababaro, (...)

Ukwiye kwirinda izi ndwara 10 zihitana abantu benshi ku Isi buri mwaka

Ntabwo indwara zose zifite ubukana bungana, zimwe zirakarishye, izindi ziroroheje. Ndetse zimwe (...)

Dore impamvu tugomba kugabanya umunyu turya mu maguru mashya

Ngo ‘akabura bakarya ni umunyu’, ariko kandi umunyu ni indyoshyandyo itabura mu biryo cyangwa ku (...)

Leta yashyizeho Amabwiriza ibigo by’amashuri bizitwararika mu gukumira MPOX

Leta y’ u Rwanda yashyizeho amabwiriza yo kwirinda icyorezo cy’ ubushita bw’ inkende buzwi nka (...)

MINISANTE yafashe ingamba ku baganga bajya kwiga hanze bagaherayo

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yakomoje ku ngamba zafashwe zo kwigishiriza abaganga (...)

Ikiruhuko cy’umugore wabyaye cyongeweho ibyumweru bibiri

Mu gihe hasohotse itegeko riteganya ko umukozi w’umugore wabyaye azajya ahabwa ikiruhuko (...)

Umuganura: Amateka, aho waberaga, igisobanura n’uko wizihizwa ubu

Buri wa 5 wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, Abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura, abakuze bavuga (...)

Nyiransengiyumva (Dorimbogo, Vava) Ni Muntu Ki? Byinshi utamenye kuri we

Kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024 nibwo byamenyekanye ko Nyirasengiyumva Valentine wamenyekanye nka (...)

Impuruza ku giciro gihanitse cy’umuti utanga icyizere ku gukumira Virusi Itera SIDA

Abashakashatsi mpuzamahanga mu buvuzi, basabye ko umuti utanga icyizere cyo kurinda (...)

Hatahuwe umuti mushya ufite ubushobozi bwo kurwanya agakoko gatera SIDA

Linda Gail Bekker, umuhanga muri siyansi akaba n’umushakashatsi yemeje ko umuti mushya wa (...)

Ibitangazamakuru birashishikarizwa kugenzura amakuru bitangaza

Ibitangazamakuru byo mu Rwanda byishyize hamwe,ku bufatanye na Africa Check, ku nkunga ya (...)

Hamenyekanye umubare w’abaguye mu mpanuka yahitanye abari bagiye kwamamaza Kagame i Huye

Abantu bagera kuri bane bapfuye abandi barakomereka mu mpanuka y’imodoka yagonze abantu benshi (...)

Kagame yihanganishije abakoze impanuka bagiye mu bikorwa byo kumwamamaza

Perezida Kagame yihanganishije imiryango y’abaguye mu mpanuka bagiye mu bikorwa byo kumwamamaza (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 1890