skol
fortebet

Ubutabera

Nyaruguru: Akurikiranweho kwica umugorewe akeka ko yamuciye inyuma

Mu Kagari ka Samiyonga gaherereye mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Nyaruguru, haravugwa (...)

Rusizi: Yihinduye umukozi wa REG atangira kwishyuza abaturage urugo ku rundi

Umugabo wo mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma (...)

Rusizi:Yitiranyije umubyeyi we n’idayimoni birangira amukubise ishoka

Umusore w’imyaka 26 wo mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi akurikiranyweho gukubita se (...)

Gasabo: Ka‘Manyinya’ kamukururiye kwihekura

Umugabo wo mu Karere ka Gasabo aravugwaho kwiyicira umuhungu we w’imfura amukubise umuhini, (...)

Urukiko Rwibanze rwa Kiyumba rwanzuye ko Musonera wari ugiye kuba Umudepite afungwa by’Agateganyo

Musonera Germain yakatiwe gufungwa iminsi mirongo itatu y’agateganyo ku byaha bya Jenoside (...)

Perezida Kagame Yakomoje Ku Kibazo Cy’Imanza Zitinda

Perezida Paul Kagame yabwiye abacamanza ko bidakwiye ko ruswa ikomeza kugaragara muri uru rwego (...)

Germain Musonera wari ugiye kuba depite wa FPR yahakanye yivuye inyuma gukora jenoside

Germain Musonera, umwe mu bayoboke b’ishyaka FPR-Inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda yahakanye (...)

Musonera wari ugiye kuba Umudepite ubu ukekwaho gukora Jenoside aritaba urukiko

Kuri uyu wa 5 Nzeri 2024, nibwo biteganijwe ko Musonera wari ugiye kuba Umudepite bikanga ku (...)

Aimable Karasira yasabye ko amafaranga ye arenga miliyoni 100 yafatiriwe ayarekurirwa akishakira umwunganizi

Karasira Aimable uyu munsi yabwiye urukiko ko agomba kuburana yunganiwe kandi adashaka (...)

Nyanza: Akurikiranyweho gukomeretsa mugenzi we bapfa Indaya

Umusore wo mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gukubita no gukomeretsa mugenzi we (...)

Urwego rw’Ubucamanza rwagaragaje ikiri gufungisha abantu ku bwinshi

Urwego rw’Ubucamanza rw’u Rwanda rwatangaje ko ibyaha birimo Ubujura, gukubita no gukomeretsa (...)

RDC yatangije ubukangurambaga buzayifasha kugeza u Rwanda muri ICC rugakurikiranwa

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangije kuri uyu wa Kane, itariki ya 29 (...)

RIB yatangaje ko wa mwana Ganza Layan wapfuye urupfu rw’amayobera yishwe

Taliki ya 18/8/2024, nibwo hamenyekanye urupfu rw’ umwana w’imyaka 8 witwa Ganza Layan wapfuye (...)

RIB yamaze gushyikiriza ubushinjacyaha Dosiye ya Musonera wari ugiye kuba Umudepite

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko dosiye ya Musonera Germain (Jerimani), wari (...)

Umwana w’imyaka 8 washyinguwe hatamenyekanye icyamwishe birakekwa ko yiyahuye

Kuri uyu wa 26 Kanama 2024 mu ma saa saba z’amanywa, nibwo mu irimbi ry’I Rusororo hashyinguwe (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 1140