skol
fortebet

Ihere ijisho imyambarire abakobwa b’i Kigali biharaje kwambara igaragaza imyanya yabo y’ibanga bashaka ko abagabo babifuza[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 21, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Nkuko rero dukunze kubibona tukanakurikiza kandi ibitekerezo by’abakunzi bacu twaganiriye ngo usanga bene uwo muco wo kwambara imyenda ikurura igitsinagabo yiganje mu mijyi. Nyamara ngo n’ubwo wabibona no mu cyaro, ho ngo biracyari ku kigero cyo hasi kandi usanga n’abatinyuka kubyambara hari aho baba bahuriye n’imyitwarire/ yo mu mujyi (barahabaye cyangwa se baranahatemberereye).

Sponsored Ad

Gusa usanga na none n’ubwo bifatwa bityo, abandi twabashije kuganira ariko biganjemo igitsinagore bo batubwiyeko hari ababikora mu rwego rwo gukurura igitsinagabo koko (urg: Indaya), hakaba n’abandi babyambara bisanzwe nta yindi gahunda yo kugusha abagabo bafite(Style). Ubwo rero ngo uwaba ababona akagira uko abitekereza ngo byaba biterwa n’ubundi n’uko na we yarasanzwe abyiyumvamo.

1. Kwambara utujipo tugufi cyane kuburyo akenshi usanga umukobwa atabasha kunama ngo abe yatora nk’akantu kamucitse kakagwa hasi cyangwa se igihe yicaye ugasanga yabuze umwifato rimwe na rimwe akarambika agakapu yitwaje ku bibero, cyangwa nanone agakomeza kugerageza kumarura ijipo ariko bikamwangira.


2. Kwambara ipantaro imwegereye cyane(KORA) kuburyo muhura ukabona imiterere y’igitsina cye kuko kiba gisa nk’ikishushanyije inyuma, hagati y’amaguru. Aya mapantaro ngo akenshi aba agaragaza imiterere nyayo y’uyambaye ku buryo iramutse ifite ibara risa nk’isura ye abantu bahurura bagirango yambaye ubusa buri buri.


3.Kwambara ijipo cyangwa ikanzu imwegereye kuburyo usanga umwenda w’imbere yambaye wishushanyije inyuma. Ngo iyo umugabo abonye imyambarire nk’iyo bishobora gutama atekereza kure ku bijyanye no kuryamana na we.


4. Kwambara imyenda igaragaza bimwe mu bice by’amabere(Sexy). Iyi myambaro abakobwa benshi bakunze kuyambara, aho usanga bakora uko bashoboye kose amabere bakayegeranya ku buryo azamuka hejuru mu gituza, hanyuma bakambara udushati turangaye mu gatuza.

Burya rero kwambara ni uburenganzira bwawe kandi ugomba no kwambara uko ushatse, ariko si byiza iyo bigeze aho kurengera , tugerageze kwambara neza maze tugaragare neza.

Ibitekerezo

  • Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa.Bisome muli 2 Petero

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa