skol
fortebet

Hari inzu nziza igurishwa iri mu Kagarama// Hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com

Yanditswe: Monday 16, Dec 2019

Sponsored Ad

Multi Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza iherereye mu Karere ka Kicukiro mu Kagarama muri metero makumyabiri (20 metre) uvuye ku muhanda bari gushyiramo kaburimbo ahantu heza cyane.
Iyi nzu ifite ubuso bwa metero kare igihumbi n’ijana na makumyabiri (1120 m2 ) igizwe n’ibyumba byo kuraramo 6, douche 3, saloon, aho kurira(Dinner room) , igikoni kiza mu nzu ,stock, ikaba ifite n’amabaraza abiri imbere n’inyuma aho mwicara mufata akayaga.
Ifite kandi ubusitani bunini bwakwakira abantu 300 (...)

Sponsored Ad

Multi Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza iherereye mu Karere ka Kicukiro mu Kagarama muri metero makumyabiri (20 metre) uvuye ku muhanda bari gushyiramo kaburimbo ahantu heza cyane.

Iyi nzu ifite ubuso bwa metero kare igihumbi n’ijana na makumyabiri (1120 m2 ) igizwe n’ibyumba byo kuraramo 6, douche 3, saloon, aho kurira(Dinner room) , igikoni kiza mu nzu ,stock, ikaba ifite n’amabaraza abiri imbere n’inyuma aho mwicara mufata akayaga.

Ifite kandi ubusitani bunini bwakwakira abantu 300 na parking ihagije yakwakira imodoka 10. Ni inzu ifite ibikoresho byose bimeze neza munzu, amazi, umuriro, ikigega cy’amazi, igipangu cy’amatafari ahiye hose n’urugi rwa metalic .

Akarusho kuri iyi nzu ni uko ifite na annexe nini igizwe na saloon, icyumba cyo kuraramo, igikoni, stock na douche. Iyi nzu ikaba iherereye muri karitsiye nziza. Ikaba yarabariwe igiciro cya miliyoni 88 z’amafaranga y’u Rwanda.






Kubifuza kureba andi mazu nibibanza basura iri soko rusange www.mdgrou.com wasanga ho ubwoko bwose ari agurishwa ndetse n’akodeshwa aherereye ahantu heza ku giciro cyiza.

Multi Design Group ni sosiyete y’ubucuruzi isanzwe itanga serivisi zitandukanye zirimo kugena agaciro k’imitungo, gucunga imitungo itimukanwa, gukora no gucunga imishinga n’ibindi.

Multi Design Group ikaba itanga na servise zo kugurisha no gukodesha imitungo itimukanwa amazu n’ibibanza ku rubuga rwa www.mdgrou.com aho umuntu wifuza kugura inzu cg ikibanza agana uru rubuga ruba ruriho imitungo itimukanwa y’ubwoko bwose iherereye mu bice byose by’ U Rwanda cyangwa agakorana n’abakozi b’iyi company babyigiye bakakugira inama zijyanye n’ibyo wifuza kuko amategeko yerekeye ubutaka mu gihugu baba bayazi bakanagufasha kubona ibihwanye nibyo wifuza ku giciro cyiza kandi mu gihe gito.

Tukaba tuboneyeho no gushishikariza abantu bafite amazu yo kugurisha cyangwa se ayo gukodesha yaba ayo gucururizamo, ama apartments cyangwa se andi asanzwe yo guturamo ko batugana tugakorana tukabashakira aba client bazikodesha ndetse nabagura kubashaka kugurisha .

Abantu bashaka kugura amazu n’ibibanza tubahaye ikaze batugane bazahabwa servise nziza banakorane nabakozi babyigiye babifitemo uburambe. Kubindi bisobanuro wagana urubuga rwa www.mdgrou.com cyangwase ugahamagar numero Tel: (+250) 782456085/ (+250) 788581726 .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa