Kwamamaza
Ifoto y’ icyumweru: Aha abayobozi b’ u Rwanda bari bagiye gutangira gukorera ku mihigo
Yanditswe: Sunday 08, Jul 2018
Iyi foto yafotowe ubwo abayobozi b’ u Rwanda bari bagiye gusinyana na Perezida wa Repubulika imihigo bwa mbere hari muri 2006.
Iyi foto yafotowe tariki 4 Mata 2006, ubanza duhereye iburyo ni Dr Vincent Biruta ubu ni Minisitiri w’ ibidukikije icyo gihe yari Perezida wa Sena y’ u Rwanda, ukurikiyeho mwese muramuzi ni Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame, ukurikiyeho ni Protais Musoni wari Minisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu na Alfred Mukezamfura wa Perezida w’ inteko ishinga amategeko umutwe w’ abadepite, muri 2009 yakatiwe igifungo cya burundu kubera uruhare yagize muri jenoside yakorewe abatutsi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *