skol
fortebet

Abarinzi b’umupaka wa USA na Mexico bateye ibyuka biryana mu maso mu babyeyi bashakaga kwambutsa abana babo muri USA [Amafoto]

Yanditswe: Monday 26, Nov 2018

Sponsored Ad

Hirya no hino ku isi hari gucaracara amafoto y’abanya Mexico bari guhunga ibyuka biryana mu masobatewe n’abarinzi b’umupaka ubwo bashakaga kwambuka umupaka berekeza USA.

Sponsored Ad

Abagore benshi bari kumwe n’abana babo bakiri bato ariko abarinzi b’uyu mupaka ntibabarebeye izuba babateye ibyuka biryana mu maso barahunga bakwira imishwaro.

Aba baturage bari bamaramaje kwinjira USA,kujya gushaka ubuzima bakomwe mu nkokora nibi byuka biryana mu maso batewe basubira inyuma ndetse byagize ingaruka zikomeye ku bana bari kumwe n’ababyeyi babo.

Aba banya Mexico batewe ibi byuka mu ijoro ryakeye ubwo bashakaga kwegera uruzitiro ngo bace mu rihumye abarinzi gusa batunguwe no guterwa ibi byuka kandi bamwe bari bafite abana bato ndetse bahise batangira gukorora no kurira cyane.

Bamwe mu baturage bari babashije gucukura umwobo hafi y’uru ruzitiro rubabuza kwinjira muri USA,batunguwe no guterwa ibi byuka biryana








Ibitekerezo

  • hhhh ubuzima bubi ntaho butaba dushaka twatuza tugafata urwanda neza rebankaba bazungu bagerino ugasanga turabashagaye kumbi barakubiswe yego ntitwahuza ariko nabo bamerewe nabi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa