skol
fortebet

Niba hari ufite inzozi zo kuzambona navuye ku butegetsi, uwo akwiye kurota ibindi -Perezida Museveni

Yanditswe: Friday 14, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Perezida Museveni, yabwiye abatavuga rumwe nawe ko niba hari ufite inzozi zo kumubona ava ku butegetsi, uwo akwiye kurota ibindi.

Sponsored Ad

Yatangaje ibi ubwo yari yitabiriye inama ihuza amashyaka muri Uganda, gusa abo mu ishyaka rya FDC bo bakaba banze kwitabira iyi nama. Museveni wari muri iyi nama, yavuze ko atazava ku butegetsi kugeza igihe azabona ko umugabane wa Afurika ngo ugeze ku mahoro arambye.

Yagize ati “Njya numva abantu barimo Mao (utavuga rumwe na Leta), avuga ngo arashaka kumbona njyewe Museveni natanze ubutegetsi, kuri we nicyo kintu kimufitiye umumaro, ariko njye ndatekereza ko ataribyo bifite agaciro.”

REBA INKURU IRAMBUYE:

Ushobora gukora ’Subscribe’ kuri Youtube Channel yacu unyuze hano mu gihe wifuza kujya wibonera amakuru agezweho kandi yizewe umunota ku wundi.

Ibitekerezo

  • Museveni Ni ukwivugisha gusa kuko abaturage benshi ntibagishaka kumva nikimuva mumu tima kuko baramuhaze Bobiwine amurusha abakunzi naho Besigye yararangiye Muri politike ya Uganda Umuntu UmAze kwitaba inshuro eshatu mu matora atsindwa gusa byagiye ahagaragara ko akorera Museveni kugira imyaka 50 bihaye Bari kubutegetsi bazayigereho niyo mpamvu ubona bazanye Mugisha muntu ngo akore party shya barwanyishe Bobiwine wabinjiriye gusa nibaza mushoborae nubwo Mao nawe yiyita uwa DP Amakuru arahari ko bariho nkibikoresho Museveni yatsitwe na Bobiwine amurusha n’abakunzi ndetse nubu Niko bimeze Dore nko Muri district y Ibugiri ,na Arua uko batsinze M7

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa