skol
fortebet

Umuturirwa wo mu Bwongereza wafashwe n’ inkongi ubutabazi butinda kuhagera amarira ni yose [AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 14, Jun 2017

Sponsored Ad

Umwe mu miturirwa yo mu mugi wa London wafashwe n’inkongi y’ umuriro mu gicuku cyo kuri uyu wa 14 Kamena 2017, ubutabazi butinda kuhagera amarira ni yose.
Amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko abantu 30 aribo bamaze kugezwa mu bitaro mu gihe iyo nzu ituwemo n’ababarirwa mu Magana.
Ababonye iyo nkongi batangaje ko ubwo iyi nzu yafatwaga n’ inkongi abaturage bahagaze ku madirisha bagasohora amaboko yabo bavuga mu majwi arenga basaba ubufasha. Nyamara ngo ubutabazi bwatangiye kuhagera nyuma (...)

Sponsored Ad

Umwe mu miturirwa yo mu mugi wa London wafashwe n’inkongi y’ umuriro mu gicuku cyo kuri uyu wa 14 Kamena 2017, ubutabazi butinda kuhagera amarira ni yose.

Amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko abantu 30 aribo bamaze kugezwa mu bitaro mu gihe iyo nzu ituwemo n’ababarirwa mu Magana.

Ababonye iyo nkongi batangaje ko ubwo iyi nzu yafatwaga n’ inkongi abaturage bahagaze ku madirisha bagasohora amaboko yabo bavuga mu majwi arenga basaba ubufasha. Nyamara ngo ubutabazi bwatangiye kuhagera nyuma y’ amasaha atatu nk’ uko BBC yabitangaje.

Ambulance zirenga 20 nizo zirimo gukora ibikorwa by’ ubutabazi. Abashinzwe kuzimya umuriro bamaze guhosha iyo nkongi.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa