skol
fortebet

Abagabo 2 b’abapasiteri bakoze ubukwe bashyigikirwa n’abakristu bayobora[AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 20, Feb 2021

Sponsored Ad

skol

Abayobozi babiri b’amadini ya gikirisitu bakoze ubukwe bashyigikirwa n’abakristu bayobora.

Sponsored Ad

Paul Mwaura ni umushumba w’itorero ry’abangirikani muri afurika y’epfo, yakoze ubukwe yemeranya kubana akaramata na John Maierepi umupasiteri nawe uri mubakomeye mugihugu cya Kenya.

Uyu John Maierepi nawe akaba ayobora itorero ry’abangilikani muri Kenya.Muri ubu bukwe icyatunguye benshi ni ukuntu aba bagabo bombi bari bashyigikiwe cyane n’abakirisitu babo.

Mu butumwa bwo kubashyigikira, aya matorero aba bagabo bayobora yose yagiye ashyira kumbuga nkoranyambaga bakoresha amashusho n’amafoto by’aba bagabo bagaragaza ko babashyigikiye ndetse babifuriza kuzagira urugo rwiza rwishimirwa n’Imana.

Ibirori by’ubukwe byabereye muri Afurika y’Epfo aho uyu muhango watambukaga LIVE kumbuga zinyuzwaho ubutumwa bw’ijambo ry’Imana butangirwa muri izi nsengero.

Nubwo ubu bukwe bwari bushyigikiwe n’abayoboke b’amadini y’aba bagabo, hari abandi bantu bagaragaje ko batishimiye gushyingiranwa kw’aba bagabo kuko ngo bihabanye n’ibyo Imana idusaba ko umugore agomba kubana n’umugabo bakabyara bakororoka.



Ibitekerezo

  • Ndabyemeye noneho umenya isi igiye kuranjyira

    zWgoTprLuv

    Kubona abagabo babiri basomana, biteye ishozi

    birababaje rwose nuko nyine nibitaraza bizaza Kandi rwose bihere iyo Urwanda twahuye nibibi byinshi ibyo bihere iyo nubwo numva biri mwitorero ryimana

    birababaje rwose nuko nyine nibitaraza bizaza Kandi rwose bihere iyo Urwanda twahuye nibibi byinshi ibyo bihere iyo nubwo numva biri mwitorero ryimana

    Ibi bintu birabaje pe ntabwo bikwiye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa