skol
fortebet

Abantu basaga 160 basuye inzu ndangamurage ya Paris bambaye ubusa buri buri (AMAFOTO)

Yanditswe: Monday 07, May 2018

Sponsored Ad

Ntibyari bisanzwe ko zimwe mu nzu ndangamurage zemerera abantu kuzisura bambaye ubusa gusa ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize abasaga 60 basuye inzu ndangamurage ya Paris (Palais de Tokyo contemporary art museum) bambaye ubusa buri buri.

Sponsored Ad

Iyi nzu ndangamurage yabaye iya mbere ihaye rugari abantu bakayisura bambaye ubusa, mu rwego rwo kwiyibutsa intangiriro z’ikiremwamuntu ubwo imyenda itari yakaduka.

Benshi mu basuye iyi nzu ndangamurage ni abiga ibijyanye n’ikiremwamuntu (Naturalists) ndetse benshi bemeje ko umuntu nyawe ari uwambaye ubusa.

Aba bahanga mu bijyanye n’ikiremwamuntu bavuga ko kwambara ubusa ari ugusigasira umuco w’abantu ba kera bambaraga ubusa ntacyo bitayeho.

Kugeza ubu benshi baribaza aho isi iri kugana,nyuma yo kubona abakecuru bakuze bambarira ubusa buri buri imbere y’abasore ndetse bagahamagara itangazamakuru rikaza kubafotora.




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa