skol
fortebet

Abanya-Afurika y’Epfo bacururiza muri Congo bagabweho ibitero n’abaturage mu rwego rwo kwihimura

Yanditswe: Saturday 07, Sep 2019

Sponsored Ad

skol

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakoze imyigarambyo bagaba igitero ku nyubako ikoreramo uhagarariye inyungu za Afurika y’Epfo.

Sponsored Ad

Iyi myigaragambyo yabaye muri DRC mu kwihimura nyuma y’uko mu ntangiriro z’iki cyumweru mu Mujyi wa Johannesburg Abanya-Afurika y’Epfo bahohoteye abanyamahanga bari muri iki gihugu.

Abantu barindwi bamaze kuhasiga ubuzima, amaduka menshi yarangijwe by’umwihariko ay’abanyamahanga. Abashinzwe umutekano batangaza ko abantu basaga 400 bamaze gutabwa muri yombi.

Ibitangazamakuru bitandukanye birimo AFP byatangaje ko iyi myigaragambyo yakomeje gufata indi ntera ubwo abigaramabya bajyaga ku nyubako ituyemo uhagarariye Afurika y’Epfo muri iki gihugu, ikindi abany-congo bakoze basenye amaduka y’Abanyafurika y’Epfo bakorera muri iki gihugu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa