skol
fortebet

Amafoto yaciye ibintu:Barack Obama yagaragaye ahetse agafuka ku mugongo agiye gusura abana bitera impuhwe abatari bake bakomeje no gukwirakwiza hose aya mafoto ye

Yanditswe: Thursday 20, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Uwahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Barack Obama ku munsi w’ejo Taliki 19 Ugushyingo uyu mwaka yagaragaye ahetse agafuka mu mugonga agana ku bitaro by’abana byitwa Children’s National Hospital.

Sponsored Ad


Barack Obama bivugwa ko ari umuntu wicisha bugufi kurusha abandi bantu bose babayeho nk’ibikomerezwa muri Amerika, uburyo yagaragaye mu gace ko mu burengerazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ka Santa byatunguye benshi cyane ,ahetse agafuka karimo impano zitandukanye kandi ari wenyine mu muhanda.

Aka gafuka Barack Obama yari ahetse yari yageneye abana barwaye Noheli nziza no kwishimana nabo anabahumuriza n’umutima mwiza, Abantu batandukanye bakomeza kumushimira uburyo yicisha bugufi.


Ibitekerezo

  • OBAMA yagize igikorwa cyiza cyane ariko iyo nibutse ko yishe GHADAFI numva bimbabaje

    Bibaho cyane ko umuntu areka kwiremereza,akibukako abameze nabi nabo arabantu.OBAMA Ni icyitegererezo cyiza.

    Nibyo, agomba kuba atari mubi, ariko ntiyagombaga gutuma KHADAFI ava kubutegetsi akanicwa kariya kageni.We na Sarkozy bahemukiye LIBYA na AFRICA yose. Ngirango umuntu aganiriye nawe, yasanga biri mu byo yicuza byaranze imiyoborere ye. AFRIKA twakaje imbaraga, icyizere cy’abanyalibiya cyo kubaho n’ishema ryabo byarayoyotse.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa