skol
fortebet

Hahishuwe amezi 3 abantu bayavutsemo bakunze kuramba ku myaka 100

Yanditswe: Saturday 13, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Kuramba si ibintu buri kiremwa muntu. Abahanga bagiye batanga impamvu zitandukanye zishobora gutuma umuntu aramba ku isi.

Sponsored Ad

Bamwe muri bo bavuze ko gukora siporo, kurya neza kwirinda ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge n’izindi mpamvu nk’izifasha umuntu kubaho igihe kirekire.

Kuri ibi rero nk’uko urubuga blowingfacts rwabitangaje k’ubushakashatsi buherutse gukorwa n’abahanga mu buzima buvuga ko abantu bavutse muri aya mezi akurikira.

Ubu bushakashatsi bwagize buti “ Abantu bavutse muri Nzeri, Ukwakira n’ugushyingo bashobora kubaho hejuru y’imyaka 100”

Ariko ku rundi ruhande iki kinyamakuru ntigitangaza impamvu aba bashakashatsi bavuze aya mezi atatu yonyine. Ntikivuga nyir’izina icyaba gitera ukutaramba kw’abantu bavuka mu yandi mezi icyenda asigaye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa