skol
fortebet

Meghan umugore w’igikomangoma Harry yagaragaye mu ruhame akuriwe yambaye imyenda ihagaze akayabo k’amafaranga y’u Rwanda[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 13, Feb 2019

Sponsored Ad

skol

Igikomangoma Henry Harry na Meghan Markle bamaze hafi amezi umunani bakoze ubukwe, ubu baritegura kwibaruka imfura yabo. Meghan si kenshi akunze kugaragara mu ruhame nyuma yuko arushinze nIgikomangoma Henry Harry.

Sponsored Ad

Meghan Markle w’imyaka 37 hashize amezi agera ku munani arushinze n’Igikomangoma Harry, ubukwe butavuzweho rumwe ndetse kugeza niyi saha hari abadashyigikiye uru rugo. Meghan na Harry kuri ubu baritegura kwibaruka imfura yabo muri Mata 2019.

Aba bombi bagaragaye mu ruhame ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 12 Gashyantare 2019 aho bari basohokeye mu nzu ndangamurage ya Natural History Museum kureba umukino wakozwe ku muhanga mu binyabuzima Charles Darwin witabye Imana mu 1982,

Meghan Makle yari yambaye ikanzu yadozwe na Calvin Klein n’ikoti[yaguze £895 angana na 1,038,286 mu manyarwanda] rIrerire yambitswe na Amanda Wakeley usanzwe wita ku myambarire ye.


Ibitekerezo

  • This world is mad.Kwambara ikanzu irengeje 1 million Frw mu gihe millions nyinshi z’abantu batuye isi,abandi biyahura kubera kubura amafaranga y’ubukode bw’inzu??? Igishimishije nuko ku munsi w’imperuka Imana izahindura ibintu,isi ikaba paradizo,ituwe n’abantu bakundana kandi bumvira Imana,kubera ko abakora ibyo itubuza,barimo abikubira ubutunzi bw’isi,bazakurwa mu isi.

    igitangaza kirihe, igikomamangoma kwambara umeenda, wa milioni 1 nabatariwe. basagihobe barayambarira na nkanswe we! !ahubwo ni make impeta, ye nurunigi muzi ko bigura angahe!! ubwo umwambaro, nigitaramo wahitamo, iki! !kandi hano numvise icyi, bihumbi, 300! !!!!mureke abayafite bayidagaduremo nubundi bazayasiga umukene we nubundi ni nyagupfa*

    Mme tukwifurije kubyara ugaheka.
    GATARE Muvandimwe, icyo nakubwira ni uko gukungahara byahozeho kuva kera kubw’ abakurambere bacu, n’abakene bahozeho.

    Kwambara imyenda y’agaciro, ubukire, si ikibazo; ahubwo ikibazo ni iyihe mbuto nziza uwo mukire yera?

    Ikanzu yambaye ihenze ishobore kuba yarakozwe n’uruganda rwe!! Twibuke ko ari abantu b’ i Bwami ni abatunzi !!!
    Kuva mu gihe cya Jesus Imyambaro,imikufi,amavuta byose by’agaciro byabagaho. Ibyo byose nibyo twakwita " Amatarenta" ahubwo ikibazo ni ukuvuga ngo " Ni gute tuyabyaza umusaruro".

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa