skol
fortebet

Michelle Obama yahishuye uburyo umugabo we Barack Obama yamuhatiraga gufata imyanzuro ikarishye

Yanditswe: Saturday 09, Nov 2019

Sponsored Ad

skol

Mu gihe Michelle Obama yiteguraga gushakana na Barack Obama yasangije abanyamerika ukuntu Barack yamuhatiraga gufata imyanzuro ikarishye, yamubujije kujya gukorera mu biro by’umuyobozi wa Chicago kuko yabonaga hari ibyago byinshi kuba umukunzi we yahaba.

Sponsored Ad

Michelle Obama yagiye mu kizami cy’akazi cy’imbona nkubone azsa kunyura Valerie June Jarrett wari wamusuzumye ahita asaba abari bamukuriye ko bamwemerera Michelle wari hafi kujya muri white house ko ari we wahabwa akazi. Nyuma Jarrett yaje kumuhamagara atungurwa no kubona umukobwa w’umuhanga yanze akazi ko gukorana na Mayor wa Chicago.

Yamusubije ko umukunzi we, gufata imyanzuro ikarishye, ko amufitiye ibindi byo gukora, undi aramubaza ati “Umukunzi wawe ni kuzimu bwoko ki?” Michelle Obama aramusubiza ati “yitwa Barack Obama, kandi atekereza ko mu biro bya mayor ari ahantu h’ibyago byinshi ku muntu uhakorera, turi ikipe rero mu gufata imyanzuro ikomeye y’ubuzima”.

Valerie Jarrett yamubwiye ko yigeze kumwumva cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,icyo gihe nta banyamategeko benshi bahabaga dore ko na Barack Obama yari yahanditse amateka mbere y’uko ajya kwiga i Havard ibyerekeye amategeko aho yakoraga nk’ushyira abantu ku murongo.

Barack Obama na Michelle Obama bashyingiranywe mu mwaka wa 1992 nyuma yo guhurira mu itsinda ry’abanyamategeko Sidley Austin,aho Michelle Obama yari umutoza mu by’amategeko y’uwaje kuba umugabo we Barack Obama.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa