skol
fortebet

Museveni yihanije Abagande bakora imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa

Yanditswe: Wednesday 18, Apr 2018

Sponsored Ad

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko yifuza guhagarika abakora imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa ndetse yifuza ko abanya Uganda bacika kuri uyu muco mubi w’abazungu.

Sponsored Ad

Mu kiganiro n’abanyamakuru ku munsi w’ejo,Museveni yavuze ko aburira abafite uyu muco mubi kuwureka ndetse ko byabafasha kwirinda indwara.

Yagize ati “Reka mfate uyu mwanya mburire abanya Uganda kubera igikorwa kibi cyo gukora imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa bakuye ku banyamahanga.Umunwa ubafasha kurya ntabwo ari uwo gukora imibonano mpuzabitsina.Tuzi neza aho imibonano mpuzabitsina ikorerwa.

Museveni yasinye itegeko ribuzanya ubutinganyi mu gihugu cya Uganda mu mwaka wa 2014 gusa yotswa igitutu n’ibihugu by’ibihangange birimo Ubwongereza na USA.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa