skol
fortebet

Perezida Kagame yahawe impano y’umwambaro wa Paul Pogba

Yanditswe: Saturday 18, May 2019

Sponsored Ad

skol

Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri i Paris mu Bufaransa aho yitabiriye inama ya Viva Technology, yahawe impano y’umwambaro w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa wa kabuhariwe Paul Pogba.

Sponsored Ad

Uyu mwambaro wa Pogba Perezida Kagame yawuhawe ubwo yaganiraga n’Abafaransa bibumbiye mu muryango wa Young Presidents Organisation.

Umwambaro Perezida Kagame yashyikirijwe, wanditseho numero 6 isanzwe yambarwa na Paul Pogba mu kipe y’igihugu y’u Bufaransa Les Bleu. Unagaragaraho amazina y’uyu musore ufite inkomoko muri Guinea Conakry ukinira Manchester United yo mu Bwongereza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa