skol
fortebet

Trump yavuze ko ibyo aherutse kuvuga ku Banyafurika atari amacakubiri

Yanditswe: Monday 15, Jan 2018

Sponsored Ad

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yarahiye arirenga avuga ko atari umunyamacakubiri, bibabaye nyuma yo kunegwa mu kuba yarakoresheje ijambo "umwanda" avuga ibihugu by’ Afurika.
Bivugwa ko Trump yakoresheje iryo jambo mu cyumweru gishize mu nama ihuza impande ebyiri mu biro ubwo yaganiraga n’ abagize inteko ishinga amategeko ku itegeko ry’ abimukira.
Kuri iyi nshuro yabwiye abamenyamakuru ngo " Sindi umunyamacakubiri. Ndi umuntu wa nyuma w’amacakubiri muhaye ikiganiro." (...)

Sponsored Ad

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yarahiye arirenga avuga ko atari umunyamacakubiri, bibabaye nyuma yo kunegwa mu kuba yarakoresheje ijambo "umwanda" avuga ibihugu by’ Afurika.

Bivugwa ko Trump yakoresheje iryo jambo mu cyumweru gishize mu nama ihuza impande ebyiri mu biro ubwo yaganiraga n’ abagize inteko ishinga amategeko ku itegeko ry’ abimukira.

Kuri iyi nshuro yabwiye abamenyamakuru ngo " Sindi umunyamacakubiri. Ndi umuntu wa nyuma w’amacakubiri muhaye ikiganiro."

Bibaye ubwa mbere umukuru w’igihugu ashinjwa kugira amacakubiri.
Ibyo yabihakaniye imbere y’abamenyamakuru bakorera mu biro by’umukuru w’igihugu mu nyubako ya Trump International Golf Club i West Palm Beach mu ntara ya Florida mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki 14 Mutarama 2018.

Ibitekerezo

  • Trump agira ubwirasi Imana izamubaza abure ibisubizo

    Trump agira ubwirasi Imana izamubaza abure ibisubizo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa