skol
fortebet

Udukingirizo twa Life Guard tugera kuri Miliyoni 1 dufite imyenge tukaba duhangayikishije abadukoresha

Yanditswe: Friday 22, Nov 2019

Sponsored Ad

skol

Mu gihugu cya Uganda ikinyamakuru kitwa Bukedde cyatangaje inkuru ivuga ko udukingirizo dusaga Miliyoni 1 dufite imyenge tukaba duhangayikishije abadukoresha.

Sponsored Ad

Icyo kinyamakuru kivuga ko Abanya Uganda bakoresha udukingirizo two mubwoko bwa Life Guard bahawe ubwenge bwo kubanza gusuzuma udukingirizo mbere yokudukoresha.

Uko niko icyo kinyamakuru cyanditse kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2019 mu rurimi rw’Ikigande aho basabaga abantu bakoresha utu dukungirizo tuzwi ku izina rya Life Guard,kuzajya bitonda bakadusuzuma neza mbere yo kudukoresha,kuko ngo umuntu ashobora kwibwira ko yirinze kandi nyamamara atariko biri nta buziranenge bufite.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa