skol
fortebet

Umugeni yafashwe n’ibisazi abitewe na mama we akuramo imyenda atangira kwiruka[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 16, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

Mu gihugu cya Uganda umugore wari umaze gusezerana n’umugabo we, ubukwe bwari burimbanyije, yafashwe n’amashitani akuramo imyenda ariruka ibyari ubukwe bihinduka ikinamico.

Sponsored Ad

Ni mu gihe ubundi ku munsi w’ubukwe bw’umuntu aba yiteze kuza kunezererwa agashimishwa ibyo bihe byiza mu buzima bwose bwa muntu mu birori biba bitazagaruka, ariko ibyabaye kuri uyu mugore byateye benshi ubwoba bacika ururondogoro.

Bivugwa ko ayo mashitani yayatejwe na nyina amuziza kuba yashakanye n’umugabo w’umukire kandi atarabishakaga.

Mu mafoto yakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga, ibihe bidasanzwe by’umugore ukiri muto mu gace ka Masaka mu gihugu cya Uganda, aho uyu mugore ubwo yakoraga ubukwe yaje gufatwa n’amashitani akamera nkumusazi akiruka abantu bakumirwa.

Byakomeje bigeza n’aho uyu mugeni yaje no gukuramo imyenda yiruka asaragurika imbere y’abari bitabiriye ibyo birori bye byo gusezerana.

Nkuko abatanze aya makuru ku mbuga nkoranyambaga harimo n’abaturanyi b’uyu mugeni babivugaga, ngo uyu mugeni yatewe n’amashitani yoherejwe na nyina umubyara kubera ko uyu mubyeyi we atifuzaga ko umukobwa we yakora ubukwe n’umugabo w’umukire.

Ibitekerezo

  • Iso isigaye ikunda gufotora pe

    k utavuze c igihe byabereye? iyo mubuze ibyo muvuga mugarura inkuru zatambutse mu myaka yashize!ndatangaye kabisa

    k utavuze c igihe byabereye? iyo mubuze ibyo muvuga mugarura inkuru zatambutse mu myaka yashize!ndatangaye kabisa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa