skol
fortebet

Umugore w’umwarimu yatawe muri yombi kubera gushora mu busambanyi umwana w’imyaka 14

Yanditswe: Thursday 01, Mar 2018

Sponsored Ad

Umugore w’umwarimu witwa Stephanie Peterson w’imyaka 26 ukomoka ahitwa New Smyrna muri Leta ya Florida muri USA yatawe muri yombi kubera gusambana n’umwana w’imyaka 14 nyuma y’igihe amwoherereza amafoto yambaye ubusa.
Peterson yafunzwe azira gushora umwana w’imyaka 14
Uyu mwana w’umuhungu yabwiye ababyeyi be ko we n’uyu mugore wamwigishaga batangiye gukundana mu Ugushyingo umwaka ushize aho yatangiye kujya amwoherereza amafoto yambaye ubusa ndetse atangira kumuha ibiyobyabwenge kugira ngo (...)

Sponsored Ad

Umugore w’umwarimu witwa Stephanie Peterson w’imyaka 26 ukomoka ahitwa New Smyrna muri Leta ya Florida muri USA yatawe muri yombi kubera gusambana n’umwana w’imyaka 14 nyuma y’igihe amwoherereza amafoto yambaye ubusa.


Peterson yafunzwe azira gushora umwana w’imyaka 14

Uyu mwana w’umuhungu yabwiye ababyeyi be ko we n’uyu mugore wamwigishaga batangiye gukundana mu Ugushyingo umwaka ushize aho yatangiye kujya amwoherereza amafoto yambaye ubusa ndetse atangira kumuha ibiyobyabwenge kugira ngo amushore mu busambanyi.

Uyu mugore wubatse ufite umugabo ukora ibijyanye no kuzimya umuriro,yabujije uyu mwana w’imyaka 14 ko atagomba kugira uwo ari we wese abwira ko bakundana birangira abibwiye ababyeyi be nabo bamujyana kuri polisi.

uyu mugore afite umugabo ariko yasambanaga n’umwana w’imyaka 14

Ubwo uyu mugore yamenyaga ko ibye byashyizwe ku karubanda,yahise yegura ku kazi ko kwigisha ku wa Mbere w’iki cyumweru afungwa ku munsi ukurikiyeho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa