skol
fortebet

Umukobwa wo muri palestina yahuye n’uruva gusenya kubera gukubita inshyi abasirikare b’abanya Isiraheli

Yanditswe: Thursday 22, Mar 2018

Sponsored Ad

Umukobwa w’imyaka 17 witwa Ahed Tamimi yakatiwe igifungo cy’amezi umunani kubera gufatwa amashusho ari gukubita inshyi abasirikare 2 b’abanya Israheli bari barinze Bank yitwa West Bank.
Tamimi yakubise inshyi abasirikare ba Isiraheli
Uyu mukobwa yakatiwe igifungo cy’amezi 8 n’urukiko rukuru rwa gisikare ku munsi w’ejo nyuma y’impaka ndende z’abashinjacyaha.
Uyu mukobwa yishimiwe n’abanya Palestina benshi ndetse bamushimira ko nibura yashoboye guhangana n’abanya Isiraheli bigaruriye abanya (...)

Sponsored Ad

Umukobwa w’imyaka 17 witwa Ahed Tamimi yakatiwe igifungo cy’amezi umunani kubera gufatwa amashusho ari gukubita inshyi abasirikare 2 b’abanya Israheli bari barinze Bank yitwa West Bank.

Tamimi yakubise inshyi abasirikare ba Isiraheli

Uyu mukobwa yakatiwe igifungo cy’amezi 8 n’urukiko rukuru rwa gisikare ku munsi w’ejo nyuma y’impaka ndende z’abashinjacyaha.

Uyu mukobwa yishimiwe n’abanya Palestina benshi ndetse bamushimira ko nibura yashoboye guhangana n’abanya Isiraheli bigaruriye abanya palesitina.

Abanya Israheli bashinje umuryango w’uyu mukobwa kumukoresha nk’ubushotoranyi bw’ibi bihugu byombi byatumye bamukatira aya mezi y’igifungo ndetse bamuca amafaranga asaga igihumbi cy’amapawundi.

Imiryango ishinzwe guharanira uburenganzira bwa muntu yamaganye iki cyemezo cyo gufunga umwana utarageza ku myaka y’ubukure ndetse isaba iki gihugu kwisubiraho.

Tamimi yahoraga atesha umutwe abasirikare b’abanya Israheli

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa