skol
fortebet

Umukobwa yasuye umusore barara basambana ijoro ryose bucya yahindutse umukecuru

Yanditswe: Saturday 09, May 2020

Sponsored Ad

skol

Lagos muri Nigeria, mu gace ka Badagry, umukobwa yasuye umuhungu bararyamana ndetse bararana ijoro ryose, mu gitondo babyutse umubiri w’uwo mukobwa utangira kwikunjakunja nk’uw’ umukecuru rukukuri abantu bari bamuzi baratangara.

Sponsored Ad

Uyu muhungu wamenyekanye ku izina rya Solution, yahise atabwa muri yombi nyuma y’uko uwo mu kobwa (utatangajwe amazina) yari yazanye mu rugo rwe bakararana, babyutse mu gitondo agatangira kugaragaza ibimenyetso byo gukecura ndetse ni’iby’ubisazi (uburwayi bwo mu mutwe).

Inkuru ikomeza ivuga koaya marorerwa yatangiye umukobwa akweduka ibice byose bigize umubiri we birimo amaguru, amaboko, ijosi ndetse n’ibindi byose ari nako byikunjakunja ahinduka nk’umukecuru rukukuri.

Nkuko Face of Malawi dukesha iyi nkuru yabitangaje, muri icyo gihe cyose umubiri w’uwo mukobwa wahindukaga, yarasakuzaga cyane ahamagara uwo muhungu bararanye mu izina (Solution). Ntibyatinze polisi yahise ihagera bafata Solution bamujyana kuri sitasiyo ya polisi kwisobanura ku byabaye.

Ibitekerezo

  • Ubusambanyi bugira ingaruka mbi nyinshi,nubwo ababukora batabarika.Benshi babugwamo,barakena,barafungwa,etc...Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ikavuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa