skol
fortebet

Umukozi Perezida Trump yashinze itumunaho yeguye

Yanditswe: Tuesday 30, May 2017

Sponsored Ad

Umukozi Perezida Donald Trump yashinze itumanaho ryo mu biro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika White House yeguye ataramara amezi atatu.
Mike Dubke, weguye kuri uyu mwanya ni inzobere mu by’ itumanaho wari washyizweho na Perezida Trump ngo ateze imbere itunamaho mu biro bya White House.
Umunyamabanga unshinzwe itangazamakuru mu biro White House, Sean Spicer, niwe wahawe inshingano zo kuba akora akazi kakorwaga nan a Mike mu gihe harimo gutegurwa uburyo yasimburwa.
Iryo hinduka (...)

Sponsored Ad

Umukozi Perezida Donald Trump yashinze itumanaho ryo mu biro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika White House yeguye ataramara amezi atatu.

Mike Dubke, weguye kuri uyu mwanya ni inzobere mu by’ itumanaho wari washyizweho na Perezida Trump ngo ateze imbere itunamaho mu biro bya White House.

Umunyamabanga unshinzwe itangazamakuru mu biro White House, Sean Spicer, niwe wahawe inshingano zo kuba akora akazi kakorwaga nan a Mike mu gihe harimo gutegurwa uburyo yasimburwa.

Iryo hinduka ngo ryaba rikurikiye ubwumvikane buke hagati y’abashinzwe itumanako mu biro White House.

Dubke agiye neza, nkuko ikigo Axios News, gitanga amakuru ya politike cyabitangaje igihe cyashikiriza ubwa mbere aya amakuru.

Perezida Trump ngo yaba yarashavujwe n’uburyo ibiro White House bitangaza ubutumwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa