skol
fortebet

Umuturirwa wa Donald Trump wafashwe n’inkongi y’umuriro

Yanditswe: Saturday 28, Apr 2018

Sponsored Ad

Umuturirwa wa perezida wa USA Donald Trump uherereye mu mugi wa Baku muri Azerbaijan wafashwe n’inkongi y’umuriro,abashinzwe kuzimya umuriro baratabara.

Sponsored Ad

Inkuru y’inkongi y’umuriro yafashe uyu muturirwa wa Trump (Trump Tower) yamamaye muri iki gitondo gusa umubare w’abapfuye n’abakomerekeye muri iyi nkongi y’umuriro nturamenyekana.

Iyi nkuru ije ikurirkiye iy’undi muturirwa wa Trump uherereye muri mugi wa New York nawo uherutse gufatwa n’inkongi y’umuriro umugabo akahasiga ubuzima.

Uyu muturirwa wari umaze imyaka 10 wubakwa mu mugi wa Baku,ntabwo wari wagatahwa ku mugaragaro.

Uyu muturirwa bivugwa ko watangiye gushya ku munsi w’ejo ubwo habaga amagerageza y’imodoka z’umukino wa Formula 1.

Ibitekerezo

  • Ko ndeba izi pictures ariko Atari ubwa mbere nzibonye? iyi nzu ihiye vuba aha cg yahiye kera?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa