skol
fortebet

Amashusho y’Umukobwa wa Perezida wa CONGO akora imibonano mpuzabitsina yagiye hanze

Yanditswe: Saturday 30, Sep 2017

Sponsored Ad

Claudia Sassou NGuesso ,umukobwa w’umukuru w’igihugu cya CONGO Brazzaville ,ari mu mazi abiri nyuma y’aho umusore basanzwe bakorana imibonano mpuzabitsina ashyize ku karubanda amashusho bari gukora imibonano mpuzabitsinda.
Claudia w’imyaka 50 y’amavuko arubatse, yarushinganye n’umunyategeko muri iki gihugu.Ibinyamakuru bitandukanye birimo Niger.com birandika ko uyu mugore afite undi musore baryamana ari nawe washyize hanze aya mashuho nyuma y’uko amwatse amafaranga akanga kuyamuha.
Uyu musore (...)

Sponsored Ad

Claudia Sassou NGuesso ,umukobwa w’umukuru w’igihugu cya CONGO Brazzaville ,ari mu mazi abiri nyuma y’aho umusore basanzwe bakorana imibonano mpuzabitsina ashyize ku karubanda amashusho bari gukora imibonano mpuzabitsinda.

Claudia w’imyaka 50 y’amavuko arubatse, yarushinganye n’umunyategeko muri iki gihugu.Ibinyamakuru bitandukanye birimo Niger.com birandika ko uyu mugore afite undi musore baryamana ari nawe washyize hanze aya mashuho nyuma y’uko amwatse amafaranga akanga kuyamuha.

Uyu musore wari usanzwe aryamana n’uyu mugore mu buryo bwihishe yamusabye amadorali 5000 y’Amerika amutera ubwoba y’uko ntatabikora ashyira hanze amafoto n’amashusho bari mu gitanda, undi yarabyanze maze mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017 uyu musore ashyira ku mbuga nkoranyambaga aya mashusho.

Aya mashusho na Video akimara kujya hanze ,umukuru w’igihugu cya CONGO Brazzaville abicishije ku umuvugizi we ushinzwe gutangaza amakuru mu biro bya Perezida bwana Thierry Moungalla yihutiye kubeshyuza ayo makuru avuga ko umwana w’Umukuru w’Igihugu atakwigera ajya murizo ngeso ndetse ko ababikoze babikoze bafite umugambi wo gushaka guhungabanya umuryango wabo hamwe no kuwutesha agaciro.

Naho abasanzwe begereye ubutegetsi bwa Denis Sassou NGuesso bahise bashaka guhishira iryo bara.Abaturage bo mu murwa mukuru wa CONGO Brazzaville bafatanyije n’abatuye mu muhanga basabye Umukuru w’Igihugu gukura mu kazi uyu mukobwa kuko ibyo yakoze biteye isoni.

Tubibutse ko uyu mukobwa Claudia Sassou NGuesso asanzwe ari mu bajyanama bakomeye no gutangaza amakuru mu biro by’umukuru w’igihugu cya CONGO Brazaville.

Muri Kanama uyu mwaka,Ubushinjacyaha bw’iki gihugu bwatagaje ko uyu mugore yijanditse muri ruswa aho yaguze inzu ihenze mu gihugu cy’u Bufaransa ihagaze agaciro ka Miliyoni eshatu n’imisago.Iyi nzu iherereye mu gace ka swanky Paris Suburb ku muhanda wa Neuilly Sur Seine ushyira amajyaruguru y’iki gihugu.

Amashusho n’Amafoto ntabwo tuyatambutsa muri iki kinyamakuru.

Ibitekerezo

  • Ubwose mutumariyiki

    Mugize neza kutayashyiraho ni koko ateye isoni Hari aho nyabonye, gusa uriya musore ngo yifuzaga amafaranga angana Na $50.000, ntabwo ari 5000$ nkuko mwabivuze mu nkuru!!!

    Iyi nkuru muyivaneho, ni kwa kundi bahimba ibintu bisebya, bitarabayeho. Mu ma official papers, bavugako ari ibipapirano byakozwe na opposition iba mu burayi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa