skol
fortebet

Visi-Perezida wa Zimbabwe yahunze akimenya ko azapfa mbere ya Mugabe

Yanditswe: Thursday 09, Nov 2017

Sponsored Ad

Prezida Robert Mugabe w’imyaka 93 y’amavuko, kuwa 08 Ugushyingo 2017 yashimiye icyegera cye, Emmerson Mnangagwa, aheruka gukura kuri uwo mwanya, asobanurira isinzi ry’abantu igituma yafashe uwo mwanzuro.
Umunyamakuru wa BBC Shingai Nyoka, wari muri iyo mbwirwaruhame yabivuze muri aya magambo.
"Nta nzira za hafi zibaho iyo umuntu ashaka kuyobora Abaturage.
"Kuva kera twari tuzi icyo [Mnangagwa] Ariko twagerageje guhitamwo kubakingira.
"Yagiye mu rusengero rw’abahanuzi kubaza igihe Mugabe (...)

Sponsored Ad

Prezida Robert Mugabe w’imyaka 93 y’amavuko, kuwa 08 Ugushyingo 2017 yashimiye icyegera cye, Emmerson Mnangagwa, aheruka gukura kuri uwo mwanya, asobanurira isinzi ry’abantu igituma yafashe uwo mwanzuro.

Umunyamakuru wa BBC Shingai Nyoka, wari muri iyo mbwirwaruhame yabivuze muri aya magambo.

"Nta nzira za hafi zibaho iyo umuntu ashaka kuyobora Abaturage.

"Kuva kera twari tuzi icyo [Mnangagwa] Ariko twagerageje guhitamwo kubakingira.

"Yagiye mu rusengero rw’abahanuzi kubaza igihe Mugabe azapfira. Ariko abwigwa ko ariwe azapfa mbere.

Yumvaga y’uko kuba hafi yanjye bizatuma mu shyira ku ntebe y’ubuyobozi ariko sinapfuye ndacyariho.

Ntiyari umuntu mushya mu mutwe wa Politike, ku buryo twavuga y’uko yarimo ariga. Twizeye ko tugiye gushaka abandi bari bafatanyije muri uwo mugambi."

Emmerson Mnangagwa aheruka gukugurwa ku mwanya wa Visi-Perezida w’Igihugu muri Zimbabwe yarahunze igihugu ariko yemera ko agiye kurwanya Perezida Robert Mugabe n’umutambukanyi wiwe Grace, avuga ko bigize utumana dutoya kandi bakorera inyungu ziwe.

Mbere y’imisi ibiri akiri kuri uyu mwanya,Mnangagwa yanuganugwa ko ariwe wari gusimbura umukuru w’igihugu. Yatangarije aho ari mu buhungiro ko umuryango wa Mugabe wibeshya cyane kuba wakwigarurira igihugu cyose.

Yavuze kandi ko yahunze kuko yatewe ubwoba ariko ntavuga aho yahungiye.

Robert Mugabe yiyemeje guhiga abamugwanya

Grace Mugaba niwe anugwanugwa gusimbura we,Robert Mugabe, nyuma y’aho uwari icyegera cye Emmerson Mnangagwa (i buryo) akuriwe kuri uwo mwanya

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa