skol
fortebet

Burkina faso yafatiye ibihano by’ ubukungu Koreya ya Ruguru

Yanditswe: Wednesday 20, Dec 2017

Sponsored Ad

Igihugu cya Burkina Faso cyafatiye ibihano by’ ubukungu Koreya ya Ruguru kubera ibitwaro bya kirimbuzi iki gihugu cyavuze ko nta bicuruzwa biva muri Koreya ya Ruguru bizongera kukinjiramo.
Burkina Faso yabitangaje kuri uyu wa 20 Ukuboza mu gihe hari hashije ukwezi Leta zunze ubumwe z’ Amerika zitunze agatoki Burukina faso ko ikomeje gukorana ubucuruzi na Koreya ya Ruguru.
Umuryango w’ abibumbye niwo wasabye ko Koreya ya Ruguru ikomanyirizwa kubera gukora intwaro za kirimbuzi.
Minisitiri w’ (...)

Sponsored Ad

Igihugu cya Burkina Faso cyafatiye ibihano by’ ubukungu Koreya ya Ruguru kubera ibitwaro bya kirimbuzi iki gihugu cyavuze ko nta bicuruzwa biva muri Koreya ya Ruguru bizongera kukinjiramo.

Burkina Faso yabitangaje kuri uyu wa 20 Ukuboza mu gihe hari hashije ukwezi Leta zunze ubumwe z’ Amerika zitunze agatoki Burukina faso ko ikomeje gukorana ubucuruzi na Koreya ya Ruguru.

Umuryango w’ abibumbye niwo wasabye ko Koreya ya Ruguru ikomanyirizwa kubera gukora intwaro za kirimbuzi.

Minisitiri w’ ubucuruzi wa Burkina Faso Alpha Barry yagize ati “Twakoze ubugenzuzi dusanga hari ibicuruzwa biva muri Koreya ya ruguru byinjira mu gihugu. Twasabye Minisiteri zose guhagarika ibyo bicuruzwa”

Mu mwaka ushize wa 2016 muri Burkina Faso hinjije ibikomoka kuri bifite agaciro ka miliyoni 6,8 z’ Amadorali y’ Amerika bivuye muri Koreya ya Ruguru.

Umwanzuro wo gukomanyiriza Koreya ya Ruguru wafatiwe muri Loni, Loni itekereza ko gukomanyiriza iki gihugu cyamamaye mu Isi kubera gukora ibitwaro kirimbuzi bizagica intege kikarekereho kubikora.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa