Sudani y’ Epfo: Abarenga ibihumbi 100 bugarijwe n’ inzara ikabije
Yanditswe: Monday 20, Feb 2017
Mu gihugu cya Sudani y’ Epfo abantu barenga ibihumbi 100 bugarijwe icyiza cy’ inzara kitari cyarigeze kibaho mu myaka itandatu ishize.
Leta ya Sudani y’ Epfo n’ amahanga baravuga ko abarenga ibihumbi 100 bugarije n’ inzara ikabije naho abarenga miliyoni bugarijwe n’ inzara.
Intambara n’ ubukungu butameze nizo mpamvu zitangwa nk’ imvano yiyo nzara ivuga muri iki gihugu.
Byari byitezwe ko igihugu cya Yemen, Nigeria, na Somalia aribyo bizahura n’ ikibazo cy’ inzara ariko Sudani y’ Epfo niyo yabaye (...)
Mu gihugu cya Sudani y’ Epfo abantu barenga ibihumbi 100 bugarijwe icyiza cy’ inzara kitari cyarigeze kibaho mu myaka itandatu ishize.
Leta ya Sudani y’ Epfo n’ amahanga baravuga ko abarenga ibihumbi 100 bugarije n’ inzara ikabije naho abarenga miliyoni bugarijwe n’ inzara.
Intambara n’ ubukungu butameze nizo mpamvu zitangwa nk’ imvano yiyo nzara ivuga muri iki gihugu.
Byari byitezwe ko igihugu cya Yemen, Nigeria, na Somalia aribyo bizahura n’ ikibazo cy’ inzara ariko Sudani y’ Epfo niyo yabaye iya mbere gutangaza ko yahuye n’ iki kibazo.
Magingo aya inzara ikabije yabonetse mu ntara ya Unity mu gihugu cya Sudani y’ Epfo ariko imiryango itarabara imbabare yatangaje ko ntagikozwe mu maguru mashya iyi nzara yakwirakwira mu gihugu hose.
Imiryango itarabara imbabare PAM, UNICEF batangaje Abanya Sudani y’ Epfo bagera kuri miliyoni 4, 9 bakeneye imfashanyo y’ ibiribwa byiihutirwa ni ukuvaga 40 by’ abatuye Sudani y’ Epfo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *