skol
fortebet

Amazi y’ umugisha arashyirwa mu majwi gutera indwara abaturage

Yanditswe: Monday 10, Sep 2018

Sponsored Ad

Abantu 1 200 bari mu bitaro 10 bamaze gupfa mu byumweru 2 gusa kubera amazi y’ umugisha.

Sponsored Ad

Ni mu majyaruguru ya Tigray mu gihugu cya Ethiopia, abanduye iyi ndwara ya diarrhea barimo kuvurirwa mu bitario bya mu mujyi wa Mekelle.

Abayobozi bo muri iki gihugu bavuga ko intandaro y’ iyi diarrhea ari amazi mabi , adasukuye abaturage banywa bavuga ngo ni amazi y’ umugisha.

Aya mazi bita ay’ umugisha abaturage bayavoma mu mugezi ubuyobozi buvuga ko mu buryo butomoye ko ayo mazi adasukuye kuko byatangajwe na BBC.

Ubuyobozi buvuga ko kwivanga mu by’ amadini n’ imyemerere yayo bitoroshye gusa ngo barimo kwigisha abayobozi b’ inzego zibanze ngo basabe abaturage kuba bahagaritse ikoreshwa ry’ ayo mazi y’ umugisha.

Ngo kurwanya icyo cyorezo ntabwo byoroheye ubuyobozi ariko ngo burimo gushyiramo imbaraga kugeza icyo cyorezo gikice.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa