skol
fortebet

Ibitaro byo mu Bushinwa byanduje abantu 60 Virusi itera SIDA

Yanditswe: Friday 10, Feb 2017

Sponsored Ad

Ibitaro byo mu Bushinwa byemeye ko byanduje abantu bagera kuri 60 virusi itera SIDA bitewe no gukorerasha nabi ibikoresho byifashishwa mugufasha abagore babyara bibagoye.
Ibyo bitaro byakoresheje ibikoresho byagombaga kuba byarajugunywe kuko byari byakoresheje ubwa mbere.
Mu bakozi bakoraga muri ibi bitaro batanu bamaze kwirukanwa bakekwaho kugira uruhare muri aya makosa.
Ibyo byabereye muri kimwe mu bitari bya kijambere mu Bushinwa mu mujyi wa Hangzhou.
Mu myaka y’1990, ibihumbi (...)

Sponsored Ad

Ibitaro byo mu Bushinwa byemeye ko byanduje abantu bagera kuri 60 virusi itera SIDA bitewe no gukorerasha nabi ibikoresho byifashishwa mugufasha abagore babyara bibagoye.

Ibyo bitaro byakoresheje ibikoresho byagombaga kuba byarajugunywe kuko byari byakoresheje ubwa mbere.

Mu bakozi bakoraga muri ibi bitaro batanu bamaze kwirukanwa bakekwaho kugira uruhare muri aya makosa.

Ibyo byabereye muri kimwe mu bitari bya kijambere mu Bushinwa mu mujyi wa Hangzhou.

Mu myaka y’1990, ibihumbi by’abantu banduye Virusi itera SIDA mu ntara ya Henan, nyuma yo kugurisha amaraso mu buryo budafite isuku.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa