skol
fortebet

Reba uburanga bw’abakobwa ba Perezida Museveni uri kwiyamamariza kuyobora Uganda [AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 05, Dec 2020

Sponsored Ad

Perezida Museveni w’imyaka 76 afite abakobwa 3 yabyaranye n’umufasha we Janet Museveni nawe usanzwe ari umunyapolitiki muri Guverinoma ya Uganda aho ari minisitiri w’Uburezi.

Sponsored Ad

Museveni yageze ku butegetsi mu mwaka wa 1986 ndetse kuri ubu akaba abumazeho imyaka 34 ndetse arikwiyamamariza kubugumaho.

Perezida Museveni n’umufasha we babyaranye abana 4 barimo abakobwa 3 bose bakuze bavamo abagore ndetse n’uyu muhungu we n’umwe mu basirikare bakomeye muri Uganda.

Madamu Janet Museveni yatangaje ko abakobwa be bakuze bafite inshingano ndetse bose barashyingiwe.

Abakobwa ba Museveni barimo uwitwa Diana Museveni washyingiranywe na Geoffrey Kamuntu.Harimo kandi Patience Rabwogo wabaye umupasiteri,Yashyingiranwe na Odrek.

Uwa nyuma ni icyamamare cyane yitwa Natacha aho asanzwe aba mu ruganda rw’abanyamideli.Yashyingiranywe na Edwin Karugire





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa