skol
fortebet

Amerika: Umukambwe yishe inzirakarengane zirenga 50

Yanditswe: Monday 02, Oct 2017

Sponsored Ad

Umunyamerika w’imyaka 64 witwa Stephen Paddock wari ufite imbunda yishe arashe abantu 50 abarenga 200 barakomereka mu gitaramo cyaberaga muri Hotel yitwa Mandalay Bay mu mugi wa Las Vegas.
Nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru BBC abitangaza uyu mugabo yahise araswa n’abofisiye bari muri iyo hotel cyane ko habonetse imbunda nyinshi.
Nyuma yo kumva aya makuru Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yihanganishije ababuriye ababo muri ubwo (...)

Sponsored Ad

Umunyamerika w’imyaka 64 witwa Stephen Paddock wari ufite imbunda yishe arashe abantu 50 abarenga 200 barakomereka mu gitaramo cyaberaga muri Hotel yitwa Mandalay Bay mu mugi wa Las Vegas.

Nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru BBC abitangaza uyu mugabo yahise araswa n’abofisiye bari muri iyo hotel cyane ko habonetse imbunda nyinshi.

Nyuma yo kumva aya makuru Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yihanganishije ababuriye ababo muri ubwo bwicanyi ndetse avuga ko buteye ubwoba.

Umwe mu bapolisi bo muri aka gace kabereyemo ubu bwicanyi yavuze ko batabashije kumenya icyatumye uyu mukambwe Paddock akora igikorwa cy’ubugizi bwa nabi nk’iki ndetse atangaza ko bataye muri yombi umugore witwa Marilou Danley wagaragaye hamwe n’uyu mwicanyi mbere y’uko ubu bwicanyi buba.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa