skol
fortebet

Manchester : Igitero cy’ abiyahuzi cyahitanye 22 abarenga 50 barakomereka

Yanditswe: Tuesday 23, May 2017

Sponsored Ad

Igitero cy’ abiyahuzi cyagabwe mu mujyi wa Manchester wo mu gihugu cy’ u Bwongereza cyahitanye 22 abarenga 50 barakomereka.
Iki gitero cyabaye mu masaha y’ igicuku mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira ku wa Kabali. Ni igitero cyagabwe ahari harimo kubera igitaramo cy’ umuhanzi ukomoka muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Ariana Grande.
Benshi mu bari bitabiriye iki gitaramo ni urubyiruko bivuze ko arinabo benshi bapfuye bakanakomereka.
Serivisi y’ imbagukiragutabara zo mu majyaruguru ashyira (...)

Sponsored Ad

Igitero cy’ abiyahuzi cyagabwe mu mujyi wa Manchester wo mu gihugu cy’ u Bwongereza cyahitanye 22 abarenga 50 barakomereka.

Iki gitero cyabaye mu masaha y’ igicuku mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira ku wa Kabali. Ni igitero cyagabwe ahari harimo kubera igitaramo cy’ umuhanzi ukomoka muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Ariana Grande.

Benshi mu bari bitabiriye iki gitaramo ni urubyiruko bivuze ko arinabo benshi bapfuye bakanakomereka.

Serivisi y’ imbagukiragutabara zo mu majyaruguru ashyira uburengerazuba yavuze ko inkomere zajyanywe mu bitaro ari abantu 59 biganjemo ab’ urubyiruko.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa