skol
fortebet

Ubukungu

Abanyarwanda batuye muri Leta ya Maine/USA boroje Abanya Gisagara! Ni ubufatanye buzahoraho

Kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mata 2024,Abanyarwanda batuye muri Leta ya Maine muri Amerika, (...)

Ibiciro ku masoko mu Rwanda byazamutseho 4,2% mu kwezi gushize

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko muri Werurwe mu 2024, ibiciro ku masoko yo mu (...)

U Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ubufaransa

U Rwanda n’u Bufaransa byasinyanye amasezerano y’ubufatanye ya miliyoni 400 z’ama-Euro (...)

Igiciro cya Lisansi na mazitu cyongeye kwiyongera mu Rwanda

Urwego Ngenzuramikorere, RURA rwatangaje ko igiciro gishya cya lisansi kiyongereyeho 127 Frw (...)

Leta yahaye amahitamo abiri abaranguye umuceri utujuje ubuziranenge muri Tanzania

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yavuze ko abaguze umuceri (...)

Ikigo cya KKOG Rwanda Ltd cyabimburiye ibindi kubaka uruganda rw’urumogi mu Rwanda

Ikigo cyitwa KKOG Rwanda Ltd cyatangiye imirimo yo kubaka uruganda ruzajya rukora imirimo yo (...)

Hamenyekanye akayabo gashobora gucibwa abazanye umuceri utujuje ubuziranenge u Rwanda

Komiseri ushinzwe gasutamo mu Kigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, Mwumvaneza Félicien, (...)

U Rwanda rwafatiriye toni 720 z’umuceri utujuje ubuziranenge wari uvuye hanze

Ku wa gatanu, tariki ya 15 Werurwe, ikigo cy’imisoro n’amahoro mu Rwanda (RRA) n’ikigo gishinzwe (...)

Abamamyi baranguraga ibigori bahenze abahinzi baciwe akayabo

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko kugeza ku wa Kabiri, yari imaze gufatira ibihano (...)

Guverinoma yatangaje impinduka nshya mu bijyanye n’ingendo rusange

Guverinoma yatangaje ko guhera tariki 16 Werurwe 2024, izakuraho nkunganire yajyaga mu (...)

Uruganda rw’isukari rwa Kabuye rwasubitse imirimo kubera ikibazo gikomeye

Uruganda rw’Isukari (Kabuye Sugar Works) rwafunze imiryango by’agateganyo, nyuma y’uko hegitari (...)

Uwatse inyemezabuguzi ya EBM n’ureze umucuruzi wanze kuyitanga bagiye kujya bahembwa

Iteka rya Minisitiri rishyiraho ishimwe ku muguzi watse inyemezabuguzi ya EBM kubyo yaguze. (...)

Ibitaro bya CHUB byishyura miliyoni 31Frw ku mashanyarazi buri kwezi

Ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB), bikoresha nibura miliyoni 31Frw zo kwishyura umuriro (...)

Igiciro cya Lisansi na mazitu cyongeye kugabanuka mu Rwanda

RURA yatangaje ibiciro bishya bya lisansi na mazutu bigomba gukoreshwa mu mezi abiri ari (...)

Leta yongereye akayabo mu ngengo y’imari ivuguruye

Guverinoma yatangaje ko ingengo y’imari ivuguruye mu 2023/2024 iziyongeraho miliyari 85.6Frw, (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 765