skol
fortebet

Ubukungu

Ihenda ry’ibirayi ryageze no ku isoko yabyo aho ikilo kiri kugura 800 FRW

Hirya no hino mu masoko yo mu Karere ka Musanze, haragaragara impinduka ku giciro cy’ibirayi, (...)

Huye: Gahunda yo kugemurira abana ibishyimbo bitetse ikomeje kutavugwaho rumwe

Mu Karere ka Huye hari ibigo by’amashuri bigemurirwa ibishyimbo bihiye, bikavuga ko na byo (...)

MININFRA yatangaje ko kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II bidakwiye kurenza 2027

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Bwana Olivier Kabera, yasuye urugomero (...)

Meteo-Rwanda yongeye kuvuga ku kirere cy’u Rwanda hagati ya taliki 11 na 20 Nzeri, 2024

Mu iteganyagihe ry’iminsi icumi riherutse gusohorwa n’Ikigo cy’u Rwanda cy’ubumenyi bw’ikirere (...)

NISR yavuze ko ibiciro byiyongereyeho 5% muri Kanama 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko ibiciro ku masoko muri Kanama 2024 (...)

Ubukungu bw’u Rwanda buzamukaho nibura 9,3% buri mwaka kuva 2024-2029

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu myaka itanu iri imbere ubukungu bw’u Rwanda nibura buzajya (...)

Inama za Dr Bihira ku kurandura ubukene mu rubyiruko n’ubushukanyi bwambura

Hamaze iminsi humvikana udutsiko tw’abantu bishyira hamwe maze bagatuburira abiganjemo (...)

Ububiligi:Abanyarwanda bari hatira gusigasira ururimi n’umuco binyuze mu kubitoza abana babo

Abana benshi bavuka ku Banyarwanda baba mu mahanga birabagora kumenya Ikinyarwanda, imbyino (...)

Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka

Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 03 Nzeri 2024,Meya w’Umujyi wa Kigali yabwiye (...)

MIFOTRA yikomye ibigo byishyuza abanyeshuri bashaka kwimenyereza akazi

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yakebuye ibigo byiganjemo iby’abikorera bisaba (...)

BNR: yahinduye inoti ya 5000FRW n’iya 2000FRW

Mu minsi mike mu Rwanda, haratangira kugaragara inoti nshya za 5000frw na 2000Frw zizaba zifite (...)

Rusizi: Abaturage barishima kuva mu mwijima kubera REG yabagejejeho umuriro w’amashanyarazi.

Mu karere ka Rusizi, abaturage barashimira Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) mu bikorwa (...)

MINICOM yasunikiye umupira umuhinzi ngo yishakire isoko mbere yo guhinga

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), iratangaza ko mu rwego rwo gukemura ikibazo (...)

Ibimina bizemererwa gukora ari uko bibanje kwiyanzuza mu murenge bibarizwamo-MINECOFIN

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (Minecofin) yatangaje ko ibimina bigomba gutangira kujya bikora (...)

Imyaka itanu ya NST2 izasiga nta mu Nyarwanda utaka igwingira,Amashanyarazi n’Amazi meza

Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje ko mu mwaka wa 2029 ingo zose zizaba zigerwaho n;amazi meza (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 810