Dr Sabin yagizwe muyobozi ukomeye mu kigo kirwanya indwara z’ibyorezo
Yanditswe: Friday 02, Jun 2023
Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda Dr Sabin Nsanzimana yatorewe kuba umuyobozi wungirije w’ikigega gishinzwe gukumira, kurinda, kurwanya no guhangana n’indwara z’ibyorezo (The Pandemic Fund).
The Pandemic Fund ni ikigega gishinzwe gukumira, kurinda no guhangana n’indwara z’ibyorezo kuva ku gihugu cyagaragayemo icyorezo bikagera ku karere giherereyemo ndetse no ku rwego rw’isi.
Ubu bukaba ari uburyo bwashyizweho n’ibihugu kugira ngo bibashe gukusanya amafaranga yo kwifashisha muri ibyo bikorwa byose (...)
Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda Dr Sabin Nsanzimana yatorewe kuba umuyobozi wungirije w’ikigega gishinzwe gukumira, kurinda, kurwanya no guhangana n’indwara z’ibyorezo (The Pandemic Fund).
The Pandemic Fund ni ikigega gishinzwe gukumira, kurinda no guhangana n’indwara z’ibyorezo kuva ku gihugu cyagaragayemo icyorezo bikagera ku karere giherereyemo ndetse no ku rwego rw’isi.
Ubu bukaba ari uburyo bwashyizweho n’ibihugu kugira ngo bibashe gukusanya amafaranga yo kwifashisha muri ibyo bikorwa byose bigamije guhangana n’indwara z’ibyorezo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *