Gufunga saa saba z’ijoro bizagira abanyerondo ba AFANDE - KAREGEYA
Yanditswe: Monday 07, Aug 2023
Umusesenguzi Karegeya yagarutse ku cyemezo cyo gufunga cyane cyane utubari bitarenze saa saba z’ijoro agaragaza impungenge giteye ndetse n’abashobora kucyungukiramo cyane cyane Abanyerondo.
Ese Gufatira iki cyemezo igihugu cyose byaba bikwiye? Ese kunywa inzoga ni cyo kibazo gikomeye cyangwa hari ibindi byakemurwa bigafasha n’iki gukemuka? Ese ko hari ikibazo cy’inzoga kuki hakomeza gufungurwa inganda zenga inzoga? Ni izihe ngaruka mbi iki cyemezo gishobora guteza mu mboni z’umusesenguzi Karegeya?
Ibisubizo kuri ibi bibazo byose urabisanga muri iki kiganiro gikurikira. Kandaho ukirebe:
ESE WOWE NI IKI WAVUGA KURI IKI CYEMEZO CYAFASHWE NA LETA Y’U RWANDA? TWANDIKIRE UNYUZE AHAGENEWE IBITEKEREZO UBONA MUNSI Y’IYI NKURU.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *