Mu Rwanda
Ibintu byagonze CG(Rtd) Gasana mu rubanza bamwe muri ba Meya yahoze ayoboye bamushinjamo/Ibyo yakoze n’uko yabikoze nabyo byamenyekanye
Yanditswe: Friday 10, Nov 2023
CG Gasana yaburanye ahakana ibyaha byose aregwa ndetse anasaba urukiko ko yarekurwa akaburana ari hanze! iby’aba Mayar babiri bamushinja bite?
RDC bamwe mu ba Kandinda Perezida batangiye kwihinduka Tshisekedi ku mubano we n’u Rwanda! bamusaba gushaka ubwumvikane bwihuse no guhagarika intambara! ibivugwa ko M23 ikomeje kwigarurira uduce twinshi twa Kivu ya Ruguru byo biteye bite? Ese ingabo za EAC zo ziri kumara iki mu burasirazuba bwa Congo? kurikira ikiganiro.....
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *